igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: “Ndashaka kubizeza ko tutazapfa tutari kurwana.” – Perezida Paul Kagame
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > “Ndashaka kubizeza ko tutazapfa tutari kurwana.” – Perezida Paul Kagame
AMAKURU

“Ndashaka kubizeza ko tutazapfa tutari kurwana.” – Perezida Paul Kagame

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 7, 2025 2:05 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Mu muhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, Perezida Wa repubulika y’u Rwanda nyakubahwa Paul Kagame yavuze ko ikitarishe Abanyarwanda mu myaka 31 ishize cyabakomeje kandi cyabateguriye guhangana n’ibiri imbere uko byaba bisa kose.
Mu ijambo rye yagarutse ku kuba abanyarwanda baranyuze muri byinshi ndetse ikitarabishe mu myaka 31 ishize cyabahaye gukomera
Yagize ati“Muduha ubusa, mukaza mukadukubitira ibintu byose. Iyo ni Isi iri hagati y’amateka y’umwijima w’ahahise ndetse n’ubusharire. Ariko ikitaratwishe ngo kiturangize mu myaka 31 ishize, cyaradukomeje, cyaraduteguye ku bintu bizaza igihe icyo ari cyo cyose, aba bantu bashaka kandi bifuza. Ndashaka kubizeza ko tutazapfa tutari kurwana.”
Ni umuhango wabereye ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri Ku gisozi aho bacanye urumuri rw’icyizere ruzamara iminsi 100.

Nyakubahwa Paul Kagame na Madam bacanye urumuri rw’ikizere ruzamara minsi 100

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Ikipe y’Arsenal FC yifatanyije n’u Rwanda Kwibuka 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
Next Article EAC: Bakoze urugendo rwo kwibuka i Arusha.
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Abantu 18 nibo bakomerekeye mu gitero cyagabwe n’umugore w’imyaka 39 ukomoka mu Budage
May 24, 2025
Jose Chameleone uri mu Rwanda yashimye Perezida Kagame
May 24, 2025
Abasirikare 525 ba Mozambique basoje imyitozo y’amezi atandatu bahawe n’ingabo z’u Rwanda
May 24, 2025
Ikipe ya Napoli yegukanye igikombe ihanganye na Inter Milan yarushaga inota 1
May 24, 2025
Apple igomba gukorera iPhone muri Amerika cyangwa igasora umurengera
May 24, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Polisi y’u Rwanda igiye kohereza abapolisi muri central Africa

Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa, DIGP Vincent Sano, yahaye impanuro abapolisi 320 bitegura kujya mu butumwa…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Ndi gupfa, ndumva uburibwe bukomeye – Eddie Mutwe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri taliki 20 Gicurasi 2025, icyumba cy'urukiko cyari kirimo umutuzo mwinshi ubwo Edward Ssebuufu…

2 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADUROMU MAHANGA

Ibitangaje ku muhanzi kazi unywa amasohoro y’inzoka kugira ngo Agire Ijwi Ryiza

Umuhanzikazi Jessica Simpson, akaba n’umukinnyi wa filime, yatangaje ko anywa amasohoro y’inzoka mu rwego rwo kwita ku ijwi rye. Iyi…

1 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Muchoma yagaragaje ko ari gushaka ubwenegihugu bw’u Rwanda

Nizeyimana Didier ukoresha izina ry’ubuhanzi rya Muchoma, yagaragaje ko ari gushaka ubwenegihugu bw’u Rwanda kuko yavukiye muri Repubulika Iharanira Demokarasi…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?