igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Bidasubirwaho hemejwe umuhuza w’u Rwanda na RDC
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Bidasubirwaho hemejwe umuhuza w’u Rwanda na RDC
AMAKURUPOLITIKE

Bidasubirwaho hemejwe umuhuza w’u Rwanda na RDC

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 14, 2025 11:52 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Inteko Rusange y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) yahahe Perezida wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, inshingano zo kuba umuhuza w’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu guhoshya umwuka mubi uri hagati y’ibi bihugu.

Robert Dussey, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Togo, yemeje ko Inteko Rusange ya AU yagize uyu Gnassingbé umuhuza kuwa 12 Mata 2025, ubwo hari hashize iminsi mike ashyizweho n’inama nkuru y’uyu muryango AU.

Gnassingbé agiye gukorera mu ngata Perezida wa Angola kuri ubu uyoboye uyu muryango, João Lourenço, wikuye kuri ubu buhuza kuwa 24 Werurwe 2025.

Mu nshingano afite harimo kuzahura umubano w’u Rwanda na RDC kuko asanze utifashe neza nubundi, biturutse ku ntambara iri kubera mu ntara ya burasirazuba bwa RDC.
Bahitamo uyu Gnassingbé byashingiye ahanini ku mubano mwiza Togo isanzwe ifitanye n’ibihugu byombi haba u Rwanda ndetse na RDC.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Minisitiri Nduhungirehe yanenze BBC ikomeje gupfobya Jenoside mu mvugo ikoresha
Next Article Uganda: Umuhanzi yajyanywe mu bitaro bamumennye umutwe azira gusebya Bobi Wine
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Bashunga Abouba wahoze ari umunyezamu wa Rayon Sports aravugwaho kwiyitirira impunzi kugira ngo abone ubwenegihugu mu Budage
June 1, 2025
Palestina: Abantu 21 bapfiriye mu muvundo w’abashakaga inkunga muri Gaza, abandi 175 barakomereka bikabije
June 1, 2025
Gicumbi: “Ntituzongera kwitiranya abanyerondo n’abajura” Abaturage bashimira gahunda nshya y’umutekano
June 1, 2025
BNR yashyizeho amabwiriza mashya akumira ikoreshwa ry’amadevize imbere mu gihugu
June 1, 2025
Ikipe ya Pyramids FC yegukanye igikombe cya mbere cya CAF Champions League mu mateka
June 1, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMIKINO

REG VC mu kwitegura Shampiyona igiye kuza, yatangiye kwibikaho abakinnyi

Nyuma y'uko shampiyona y’icyiciro cya mbere ya Volleyball mu byiciro byombi, irangiye, amakipe yatangiye gutekereza umwaka utaha w’imikino 2025-2026. Ndetse…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Ubwoba bwatashye i Uvira nyuma y’amakuru y’uko hari abarwanyi bagiye kuyifata

Mu mujyi wa Uvira no mu bice bihaturiye, abaturage bari mu bwoba bukabije nyuma y’uko havuzwe amakuru y’uko abarwanyi bo…

4 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Burundi: Intambara ikomeye hagati y’imbonerakure na polise ishaka gufata ushinjwa guhohotera utavuga rumwe n’ubutegetsi

Kugerageza guta muri yombi ukekwaho kuba ari we wagize uruhare mu gitero cyagabwe ku murwanashyaka utavuga rumwe n’ubutegetsi byahindutse imirwano…

2 Min Read
AMAKURU

Hatangiye kumvwa abatangabuhamya mu rubanza ruregwamo Jair Bolsonaro wahoze ayobora Brésil

Urukiko rw’Ikirenga muri Brésil rwatangiye kumva abatangabuhamya mu rubanza rw’uwahoze ari Perezida w’iki gihugu, Jair Bolsonaro, uregwa gushaka guhirika ubutegetsi…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?