igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Leta ya Afghanistan yataye muri yombi abantu 14 bazira kuririmba no gucuranga ibikoresho by’umuziki
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Leta ya Afghanistan yataye muri yombi abantu 14 bazira kuririmba no gucuranga ibikoresho by’umuziki
AMAKURU

Leta ya Afghanistan yataye muri yombi abantu 14 bazira kuririmba no gucuranga ibikoresho by’umuziki

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: May 11, 2025 8:19 pm
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Leta ya Afghanistan yataye muri yombi abantu 14 mu majyaruguru y’igihugu, bazira kuririmba no gucuranga ibikoresho by’umuziki, ibikorwa bimaze igihe bibujijwe kuva Abatalibani bafata ubutegetsi mu 2021.

Nk’uko Polisi ikorera mu Ntara ya Takhar yabitangaje ku wa 10 Gicurasi 2025, aba bantu batawe muri yombi mu ijoro ryo ku wa Kane, ubwo bari bateraniye mu rugo rw’umuturage bacuranga ndetse baririmba.

Polisi yagize iti “Abantu 14 bafashe umwanya mu masaha ya n’ijoro, bateranira mu rugo rumwe, baracuranga baranaririmba, ni ibintu byabangamiye abaturage.”

Kuva Aba-Taliban bafata ubutegetsi bwa Afghanistan, bashyizeho amategeko akomeye agamije guhagarika ibijyanye n’umuziki n’imyidagaduro byose bidafite aho bihurira n’idini ya Isilamu.

Amashuri yigishaga umuziki yarafunzwe, ibikoresho by’umuziki biramenwa, ibindi biratwikwa ndetse gucuranga no kuririmba birahagarikwa mu bukwe.

Abahanzi benshi b’Abanya-Afghanistan bahunze iki gihugu kubera gutinya ibihano cyangwa kubura akazi.

Abatalibani basabye abahoze ari abacuranzi n’abaririmbyi guhindura impano zabo, bakazibyaza umusaruro mu ndirimbo z’ubusizi zisingiza Imana cyangwa kuririmba badacuranze.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Ingabo zari mu butumwa bw’umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SAMIDRC) zacyuye ibindi bikoresho ibinyujije mu Rwanda
Next Article Yeguye atamaze umunsi ku mwanya w’umujyanama w’igihugu mu by’umutekano kubera amafoto y’ubwambure
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Sadate Munyakazi: “Mu rugo rwacu, imodoka ihenze kurusha izindi ni iy’umugore wanjye, si iyanjye.”
May 12, 2025
Perezida Ramaphosa yahakanye amakimbirane na Perezida Kagame, ashimangira uruhare rwa Afurika mu gushaka amahoro muri DRC
May 12, 2025
Polise y’u Rwanda yemeje ko yataye muri yombi umusekirite wagaragaye atega umuntu kuri sitade
May 12, 2025
Bwiza yabeshywe kugurirwa album ye ntanumwe urayishyura mu bayiguze
May 12, 2025
Umusore w’imyaka 23 afungiwe gukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 5 i Musanze
May 12, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

“Ndashaka kubizeza ko tutazapfa tutari kurwana.” – Perezida Paul Kagame

Mu muhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, Perezida Wa repubulika y’u…

1 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Final ya ‘Squid Game’ igiye kujya hanze vuba ahangaha

Filime ya Squid Game yaciye ibintu ku Isi yose igiye gusozwa n’igice cyayo cya nyuma kizajya hanze muri Kamena 2025.…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Uburusiya: Ibibuga by’indege mu burusiya byagabweho ibitero bikomeye

Mu Murwa Mukuru w’u Burusiya, Moscow, ibibuga by’indege bine byafunzwe by’agateganyo nyuma y’uko Ukraine igabye ibitero bya drone ku nshuro…

1 Min Read
AMAKURU

Rubavu: Inzu z’imiryango 10 zasenywe n’ibiza

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu, mu Murenge wa Cyanzarwe, basenyewe n’imvura nyinshi yiganjemo umuyaga mwinshi yaguye tariki…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?