igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria
AMAKURUMU MAHANGA

Abantu 23 biciwe mu gitero k’iterabwoba muri Nigeria

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 17, 2025 11:43 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Abahinzi n’abarobyi 23 bishwe ndetse abandi bashimutirwa mu gitero bikekwa ko cyagabwe n’umutwe w’iterabwoba mu Majyaruguru y’igihugu.

Amakuru abaturage bahaye Ibiro Ntaramakuru Reuters, avuga ko abarwanyi ba Boko Haram bageze mu gace bafata abahinzi n’abarobyi, bahitana abagera kuri 23 ndetse ashimuta n’abandi benshi.

Bivugwa ko n’abagerageje kujya gufata imirambo y’abaturage biciwe aho gusa babateshwa n’aba abarwanyi ba Boko Haram

Umuyobozi wa Leta ya Borno muri Nigeria mu kwezi gushize yemeje ko Boko Haram yongeye kwiharaza kugaba ibitero no gushimuta abantu mu bice bitandukanye muri iki gihugu.

Ibi bije nyuma y’uko Leta yari yemeje bidasubirwaho ko aka gace kagaruwemo amahoro umutekano n’ituze, nta byihebe bikiharangwa ngo bibe byakorera umuromo n’ubwicanyi abahatuye.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Consumer Protection Manager at BPR: Deadline: 05/27/2025
Next Article Accountant at supreme court (SC) :Deadline: May 23, 2025
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Ikibazo cya Rayon minisiteri igiye kugihagurukira
May 18, 2025
Perezida w’Afurika y’Epfo agiye kuganira na Trump wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika
May 18, 2025
FERWAFA yagize icyo ivuga ku mvururu zabere kuri stade ya Bugesera, ku mukino wari wahuje Rayon Sport na Bugesera FC
May 18, 2025
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko
May 18, 2025
HoodyBaby asanze Chris Brown mu buroko dore ko bari mu kirego kimwe
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

Wazalendo bigambye ibitero biheruka kugabwa mu mugi wa Goma

Umutuzo wongeye kugaruka i Goma itariki 12 Mata, nyuma y’uko ijoro ryabanje ryumvikanyemo urusaku rwinshi rw’amasasu muri uyu mugi. Guverineri…

1 Min Read
AMAKURU

Perezida Paul Kagame yazamuye abaporisi 16 ku rwego rwa Office

Perezida wa Repubulika y' u Rwanda Paul Kagame yazamuye mu ntera abapolisi 16 bo ku rwego rwa offisiye ashira abandi…

1 Min Read
AMAKURU

Minisitiri Nduhungirehe yanenze BBC ikomeje gupfobya Jenoside mu mvugo ikoresha

Amb. Olivier Nduhungirehe, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, yanenze igitangazamakuru BBC cyongeye kumvikana gikoresha imvugo ipfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu…

2 Min Read
AMAKURU

Ingabo z’u Bwongereza zishe urwagashinyaguro abana bambaye amapingu muri Afghanistan

Abahoze mu mutwe udasanzwe w’Ingabo z’u Bwongereza zirwanira mu kirere barwanye mu ntambara muri Iraq na Afghanistan bahishuye ibikorwa bya…

3 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?