igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Ikipe yigeze kuba iya nyuma ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda birangiye ari yo iyegukanye
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Ikipe yigeze kuba iya nyuma ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda birangiye ari yo iyegukanye
AMAKURUIMIKINO

Ikipe yigeze kuba iya nyuma ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda birangiye ari yo iyegukanye

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 24, 2025 6:40 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Ikipe y’Ingabo z’igihugu yegukanye igikombe cya shampiyona 2024-25 Imaze gutsinda Muhazi United igitego 1-0, maze icyegukana ku nshuro ya 23.

Ni mu mikino y’umunsi wa 29 yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Gicurasi 2025. Imikino yari ihanzwe amaso, ni iy’amakipe ahanganiye igikombe cya shampiyona, maze APR FC irakegukana.

Ibi byose yabigezeho nyuma yo gutsinda Muhazi United igitego 1-0 cyatsinzwe na rutahizamu Djibril Quattara ku munota wa 39.

Kuri Kigali Pelé Stadium, Rayon Sports nayo yari yacakiranye na Vision FC maze bagwa miswi 0-0, bituma Nyamukandagira iyirusha amanota ane, ihita itakaza igikombe cya shampiyona y’uyu mwaka w’imikino.

Iki gikombe ni icya 23 cya shampiyona ikipe APR FC yegukanye . Undi mukino wabaye, warangiye Bugesera FC itsinze Etincelles FC igitego 1-0 mu mukino wabereye kuri Stade Umuganda.

Mu mikino y’umunsi wa 30, APR FC y’Ingabo izakina na Musanze FC kuri Kigali Pelé Stadium mu gihe Rayon Sports izakina na Gorilla FC.

APR FC yigeze kuba iya nyuma ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda ubwo yanasezererwaga mu mikino nyafurika y’amakipe yabaye aya mbere i wayo CAF champions League none birangiye ari yo yegukanye shampiona y’u rwanda y’uyu mwaka.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Jeannette Kagame yakebuye abarera abana
Next Article Habaye ihererekanya ry’infungwa z’intambara hagati ya Ukraine n’u Burusiya
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Prezida Kagame yashimiye ikipe ya Arsenal y’abagore yegukanye ‘Women Champions League 2025’
May 25, 2025
Ikipe y’abangavu ya APR WFC yegukanye igikombe cya Shampiyona
May 25, 2025
U Burusiya ntabwo bushyigikiye na gato ko ibiganiro by’amahoro na Ukraine bibera i Vatican
May 24, 2025
Sukhoi, Kajugujugu n’ibifaru ku Kibuga cy’Indege cya Goma, nibura umuturage abarirwa imbunda ebyiri
May 24, 2025
Weasel yageze i Kigali, avuga ko agiye kwerekanwa kwa Sebukwe
May 24, 2025

You Might Also Like

AMAKURUPOLITIKE

Yolande Makolo yanyomoje ibirego bya RDC ku Rwanda, ashinja icyo gihugu gukorana n’imitwe yitwaje intwaro

Leta y’u Rwanda yanenze bikomeye ibirego bishinjwa ingabo zayo na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), aho Congo ivuga ko…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Ukuri ku cyahitanye Papa Francis

Dr. Andrea Arcangeli Umuyobozi mu Biro bishinzwe Ubuzima n’Isuku muri Leta y’Umujyi wa Vatican, ku mugoroba wo kuri uyu wa…

1 Min Read
AMAKURUIMIKINO

Kevin De Bruyne yasezeye Manchester City mu birori byarannzwe n’amarangamutima, Pep Guardiola araturika ararira

Nyuma yo gutsinda Bournemouth ibitego 3-1 ku wa Kabiri nijoro, umukinnyi wa Manchester City Kevin De Bruyne yasezeye ku buryo…

2 Min Read
AMAKURU

Umusaza w’imyaka 61 yasubiye mu gisirikare cya AFC/M23 kugira ngo arwanye akarengane Abanye-Congo bavuga Ikinyarwanda bagirirwa

Umusaza w’imyaka 61 wahoze ari umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo witwa Sebinama Muhasha Enock, yatangaje ko yagiye mu…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?