igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Ntwari Fiacre yatandukanye na Kaizer Chiefs
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Ntwari Fiacre yatandukanye na Kaizer Chiefs
AMAKURUIMIKINO

Ntwari Fiacre yatandukanye na Kaizer Chiefs

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 26, 2025 11:39 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Ntwari Fiacre Umunyezamu mpuzamahanga ukinira Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, (Amavubi)Ntwari Fiacre, yasezeye muri Kaizer Chiefs mu Cyiciro cya Mbere muri Afurika y’Epfo nyuma y’igihe atagirirwa ikizere cyo kubanza mu kibuga.

Mu ijoro ryo kuri Mbere, tariki ya 26 Gicurasi 2025, abinyujiji ku mbuga nkoranyambaga ze yashimiye buri wese babanye muri iyi kipe amazemo umwaka umwe wonyine.

Ntwari Fiacre yagize ati “Umwaka mwiza w’amasomo meza mu buzima. Ndashima buri wese twabanye, byari iby’agaciro. Imana yakoze ibi n’ibindi izabikora (Luka 1:37). Mwarakoze cyane muryango wa Amakhosi.”

Umunyarwanda Ntwari Fiacre ubwo yageraga muri Kaizer Chiefs, yinjijweibitego bisaga 11 mu mukino irindwi yonyine, biri mu byagize uruhare mu gutakarizwa ikizere n’umutoza Nasreddine Nabi, Nyuma umwanya wa mbere ufatwa na Bruce Bvuma aza asimburwa na Brandon Peterson.

Adel Amrouche, Umutoza w’Ikipe y’igihugu cy’u Rwanda Amavubi, aherutse kugirana ikiganiro n’ikinyamakuru cyo muri Afurika y’Epfo cya FAR Post, atangaza ko nubwo Ntwari Fiacre yagize umwaka w’imikino mubi, ariko yizeye ko urwego rwa rwe ruzazamuka dore ko ari no kumushakiraindi kipe nziza yakomezanya na yo.

Ntwari Fiacre kuri ubu ufite imyaka isaga 25 yifuzwa n’amakipe menshi y’i Burayi no muri Arabie Saoudite, bityo izamwegukana akazayerekezamo mu gihe isoko ry’abakinnyi ryo mu mpeshyi itaha rizafungurwa hakamenyekana ikipe uyu munyezamu w’Amavubi azakinira.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Jose Chameleone azagaragara mu birori byo kwishimira ibikombe cya APR FC
Next Article Kirehe: Abakozi ba APENA TSS batawe muri yombi bakekwaho icyaha gikomeye bakoreye abanyeshuri
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Israel yashimye umubano wihariye ifitanye n’u Rwanda, ishimangira ubushake bwo gukomeza gufatanya mu nzego z’iterambere
May 29, 2025
Perezida Kagame na Alain Berset baganiriye ku bufatanye bushya hagati y’u Rwanda n’u Burayi
May 29, 2025
U Rwanda rwongeye gutanga inkunga yo gufasha abari mu kaga muri Gaza
May 29, 2025
Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania mu nama igamije gushimangira umutekano ku mipaka ihuriweho
May 29, 2025
Rurageretse hagati y’Umunyamakuru na Ambasaderi wa Israel
May 29, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Nyanza: Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi abantu bane banze gutanga amakuru y’ahari imibiri y’abishwe muri Jenoside

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi abantu bane bakurikiranyweho icyaha cyo kuzimiza cyangwa gutesha agaciro ibimenyetso cyangwa amakuru byerekeye…

2 Min Read
AMAKURU

Uganda: Polisi yafunze Umukecuru ukekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umwuzukuru we w’imyaka 6

Polisi ya Uganda ikorera mu karere ka Mukono yatangaje ko yataye muri yombi abantu bane bakekwako ubwicanyi ndengakamere bwakorewe umwana…

1 Min Read
AMAKURU

Burundi: Abagenzi ntago bari kwambuka ku mupaka kubera pasiporo ziriho kashe ya M23

Abanyagihugu benshi bo mu Burundi bamaze iminsi baraheze ku mupaka wa Kobero, mu Ntara ya Muyinga (mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’u…

2 Min Read
IMIKINO

Dore urugendo rw’ikipe ya APR FC muri Shampiona kugeza itwaye igikombe

Umwaka w’imikino uri kugana ku musozo, aho amakipe abiri yamaze gukina umunsi wa nyuma wa Shampiyona y’u Rwanda, mu gihe…

6 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?