igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Abantu bataye ukwemera bashishikarira Ubutunzi n’ikoranabuhanga – Papa Leo XIV
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Abantu bataye ukwemera bashishikarira Ubutunzi n’ikoranabuhanga – Papa Leo XIV
AMAKURUMU MAHANGA

Abantu bataye ukwemera bashishikarira Ubutunzi n’ikoranabuhanga – Papa Leo XIV

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 10, 2025 12:38 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Papa mushya, Léon XIV, mu misa ye ya mbere, yahamagariye Kiliziya Gatolika kurwaya byimazeyo gutakaza ukwemera kwayo.

Ni myuma y’umunsi umwe atowe nka Papa wa 276 n’uwa mbere aturuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Yagaragaje ko abantu bari gutakaza ukwemera uhubwo bakirukira ikoranabuhanga ndetse, amafaranga hamwe no kugera ku butunzi bw’isi, ubutegetsi ndetse no kwishimisha gusa”.

Léon yavuze ko yatowe kugira abe umushumba w’indahemuka wa Kiliziya ari yo rumuri rubonesha mu ijoro ry’umwijima”.

Mu ijambo rye kandi Papa yavuze ko hari ahantu henshi aho usanga ukwemera gusigaye gufatwa nk’ikintu ”kitagira umutwe n’amaguru” – aho ubutegetsi, butunzi bw’isi, n’ikoranabuhanga ari byo byashyizwe imbere.

Yagize ati ”gutakaza ukwemera akenshi bijyana no gutakaza gusobanukirwa ubuzima icyo ari cyo, gusuzugura impuhwe z’imana, guhohotera ikiremwamuntu, ihungabana ry’ingo n’imiryango n’ibindi bikomere by’inshi bisesereza imibereho yacu,”

Muri yi misa, Papa Léon, w’imyaka 69, yari yambaye ikanzu yera y’aba Papa itamirije ibara rya zahabu ku bitugu no, ubwo yasomaga misa imbere y’abakardinali bari bicaye mu ngoro ya Sixtine.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Miliyari zisaga 7000 ni zo ziteganyijwe mu mbanzirizamushinga y’itegeko rigena Ingengo y’Imari ya Leta ya 2025/2026
Next Article Rayon Sports yanze gusesa amasezerano na Omborenga Fitina
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Umuyobozi ukomeye mu Burundi yagaragaje ko Perezida Kagame yashatse kwiyunga na Nkurunziza bikanga
May 23, 2025
Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde Narendra Modi yatangaje ko u Buhinde bwafungiye amazi igihugu cya Pakistan
May 23, 2025
Justin Bieber yabaye iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga
May 23, 2025
Jennifer Lopez yajyanywe mu nkiko azira amafoto yashyize ku mbuga nkoranyambaga
May 23, 2025
Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo agiye kugeza ijambo ku Banye-Congo nyuma yo kwamburwa ubudahangarwa
May 23, 2025

You Might Also Like

AMAKURUPOLITIKE

U Rwanda na Congo bongeye guhurira muri Qatar bari kumwe n’uhagarariye Trump

Kuri uyu wa 30 Mata intumwa za leta y' u Rwanda hamwe na DRC bongeye guhurira muri Qatar aho basinye…

3 Min Read
AMAKURU

Perezida Donald Trump atangaje ko u Rwanda na RDC bigiye Kubona amahoro arambye

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)…

2 Min Read
AMAKURU

Impaka ni zose nyuma yuko impunzi y’umukongomani yishwe irashwe

Urukiko rwo muri leta ya Michigan rwaciye urubanza rwaranzwe n’impaka ku mupolisi ushinjwa kwica impunzi y’umukongomani, Patrick Lyoya amurasiye mu…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Cholera yibasiye Kalemie muri DRC: Abarenga 800 bamaze kwandura, 8 imaze kubahitana

Mu gace ka Kalemie, kari mu Ntara ya Tanganyika mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, icyorezo cya cholera…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?