igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: ABASIRIKARE BA CONO BISWE ABAJURA
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > POLITIKE > ABASIRIKARE BA CONO BISWE ABAJURA
POLITIKE

ABASIRIKARE BA CONO BISWE ABAJURA

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: March 31, 2025 11:21 am
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Senateri Uwiringiyimana Evode yakoresheje amagambo akomeye anenga Congo ku kuba yarashize imbaraga mu mu kugura intwaro zikomeye aho kubaka igisirikare bituma iki gisirakare kitwara m buryo bw’amabandi.

Ubwo uyu musenateri yari mu kiganiro na RBA maze akabazwa ku bihereranye n’umutekano mucye aho muburasirazuba bwa repubulika iharanira demokarasi ya Congo yavuze ko ikibazo Congo ifite yisanze ari umuterankunga ukomeye w’umutwe wa M23 binyuze ku kuba igura intwaro zikomeye ariko izo ntwaro zose zikisanga mu maboko y’uyu umutwe.

Mu magambo ye yagize ati Ati “Bizeye intwaro bari bafite. Baguze intwaro pe kuko bagaragaza ingengo y’imari bakoresheje mu gisirikare, ariko (RDC) igura intwaro nta gisirikare igira. Buriya amasuka ntiyihingisha, ushobora kugira kontineri y’amasuka ariko nta bahinzi ufite abantu bazi guhinga bakazaza bakikorera ayo masuka bakayatwara ni na yo mpamvu tuvuga ko umuterankunga wa mbere wa M23 ni Leta ya Congo.”

Senateri kandi yakomeje agaragaza ko ikibazo kiri muri DRC atari u Rwanda nk’uko bakomeje barushinja kuba nyirabayazana w’ibi bibazo avuga ko Congo ifite ibibazo byinshi ariko cyane ko bugarijwe na ruswa yamunze iki gihugu ndetse ikaba yarageze no mugisirikare cyabo.

Senateri yagize ati Ati “Congo nta gisirikare igira, ni abantu b’abajura yashyize hamwe irabegeranya ibaha intwaro ariko nta gisirikare gihari rwose keretse ukuyemo bariya bantu bambaye inyenyeri.”

Bivugwa ko RDC ari cyo gihugu cya Afurika cyaguze intwaro zihenze mu myaka mike ishize, aho cyakoresheje agera kuri miliyari enye z’amadolari.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Myanmar: Abahitanywe n’umutingito bamaze kuzura 1700
Next Article Nyagatare: Abagizi ba nabi batemaguye umurinzi w’ishuri baramwica
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Nigeria: Abahinzi n’abarobyi 23 bapfuye abandi bashimutwa mu gitero cyagabwe n’umutwe w’iterabwoba
May 18, 2025
Abafana ba Rayon Sports biyambaje Umukuru w’Igihugu nyuma y’imvururu zabaye
May 18, 2025
”Ntacyo umusifuzi yakoze kitari cyo” – Perezida wa Bugesera FC
May 18, 2025
Trump agiye kugirana ikiganiro na Putin kuri telefone
May 18, 2025
Ubwato bw’igisirikare cya Mexique bwagonze ikiraro i New York hapfa abantu babiri
May 18, 2025

You Might Also Like

AMAKURUPOLITIKE

U Rwanda na DRC ntabwo ari nk’ Uburusiya na Ukraine – ibyo u Rwanda rwabeshyuje amahanga.

Ibihugu  by’amahanga by’umwihariko iby’u Burayi, Sena y’u Rwanda yabibeshyuje ku byo gushinja u Rwanda kuba mu ntambara  Repubulika Iharanira Demokarasi…

4 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Yoon Suk-Yeol wari perezida wa Korea Y’epfo yegujwe

Urukiko Rukuru rushinzwe kubahiriza itegeko nshinga muri Koreya y’Epfo, kuri uyu wa gatanu tariki ya 04 mata 2025 rwemeje ko…

2 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

“Goverinoma ikwiye gushyiraho amategeko agenga AI” – MININFRA

Olivier Kabera, umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA), avuga ko nubwo hari umyvuduko muiterambere ry’ubwenge buhangano (AI)mu Rwanda, hakwiye…

2 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

M23 na leta ya DRC bananiwe kumvikanira i Doha

Ku wa Kabiri tariki ya 22 Mata 2025, itsinda ry’abari bahagarariye umutwe wa M23 mu biganiro byaberaga i Doha muri…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?