igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Amafunguro atunganyirijwe mu nganda akomeje kwivugana benshi cyane
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > UBUZIMA > Amafunguro atunganyirijwe mu nganda akomeje kwivugana benshi cyane
UBUZIMA

Amafunguro atunganyirijwe mu nganda akomeje kwivugana benshi cyane

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: May 1, 2025 5:40 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Abakunze gufata amafunguro yiganjemo ibiribwa byo mu nganda birimo imigati, amafiriti hamwe n’inyama zanyujijwe mu nganda bafite ibyago biri hejuru ku kuba bapfa bitunguranye

Ubushakashatsi buherutse gukorerwa mu bihugu bitandukanye byiganjemo ibyo mu burengera zuba byagaragaje ko abantu bakunze gufata amafunguro yabanje gucishwa mu nganda bari mubarimo kwibasirwa n’urupfu rutunguranye, ubu bushakatsi bwagaragaje ko ibiribwa birimo inyama zabanje gucishwa mu nganda ibizwi nka processed food biri mubikomeje kwivugana benshi.

Ubu bushakashatsi kandi bwanagaragaje ko atari ibiribwa gusa biri mubirimo guteza imfu za hato na hato ahubwo ko n’ibinyobwa nabyo biri mu bikomeje kwivugana benshi cyane nk’ibinyobwa bibanza gushirwamo gaze hagamijwe kuyirinda ko byagaga.

Abashakashatsi bakoze ubu bushakashatsi bwatangajwe mu kinyamakuru ku buvuzi gitangazwamo ubushakashatsi bwagenzuwe n’inzobere cyitwa ‘American Journal of Preventive Medicine’, bize ku bushakashatsi bwabanje, bagereranya ingaruka ibiryo bitunganyije cyane umuntu arya bigira ingaruka zirimo urupfu.

Ubu bushakashatsi bwahishuye ko akenshi ibi biribwa hamwe n’ibinyobwa biba byongewemo ibindi bintu nk’umunyu urengeje ukenewe n’umubiri isukari iri hejuru cyangwa se ugasanga hashizwemo amavuta menshi hagambiriwe kongera uburyohe icyo kiribwa kiba gifite ibintu binanniza umubiri ugasanga wikururiye indwara ziri mu zica vuba vuba harimo umutima, cyangwa umwijima.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Abamotari bongeye gusubizwa nyuma yo gusaba gukorerwa ubuvugizi
Next Article Imirwano ya Wazalendo n’ingabo za RDC yongeye kumvikana
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

U Bwongereza: Abahamwe n’ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bagiye kujya bahabwa imiti igabanya ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina
May 24, 2025
REG VC mu kwitegura Shampiyona igiye kuza, yatangiye kwibikaho abakinnyi
May 23, 2025
Kaminuza ya Harvard yajyanye Leta Zunze ubumwe za Amerika mu nkiko
May 23, 2025
Kuki Abanyamakuru batajya bubaka ingo ngo zirambe? Dore abanyamakuru babishoboye
May 23, 2025
Human right watch yamaganye ubwicanyi bukorwa n’abarwanyi ba Wazalendo
May 23, 2025

You Might Also Like

UBUZIMA

Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusinzira amasaha menshi bigira ingaruka mbi ku mikorere y’ubwonko

Ubushakashatsi buherutse gukorwa n’abahanga bo muri Kaminuza ya Texas, mu kigo cyayo cyitwa University of Texas Health Science Center, bwerekanye…

2 Min Read
AMAKURUUBUZIMA

Nigeria: Icyorezo cyiswe Lassa Fever kimaze guhitana ubuzima bw’abantu bagera ku 138

Muri Nigeria, icyorezo cyiswe Lassa Fever kimaze guhitana ubuzima bw’abantu bagera ku 138 guhera muri Mutarama 2025, nk’uko bigaragarazwa muri…

3 Min Read
UBUZIMA

Ngoma: Abantu bataramenyekana bishe umukobwa w’imyaka 15 nyuma yo kumusambanya

Inzego z’umutekano mu Karere ka Ngoma ziri mu iperereza ku rupfu rw’umwana w’umukobwa w’imyaka 15, wari wagiye kwahira ubwatsi bw’inka,…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAUBUZIMA

Kenya: Umugenzi yapfiriye mu ndege mu mayobera

Umugenzi yaguye mu ndege Kenya Airways ubwo yari iturutse mu mugi wa New York muri leta zunzwe ubumwe za amerika…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?