igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Ancelotti azaba umutoza mwiza wa Brazil?
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Ancelotti azaba umutoza mwiza wa Brazil?
AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

Ancelotti azaba umutoza mwiza wa Brazil?

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 27, 2025 11:01 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Bivugwa ko Carlo Ancelotti yiteguye kuva muri Real Madrid ubwo shampiyona izaba irangiye akazatangira imirimo mishya nk’umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Brazil.

Ibi bije n’ubundi nyuma yo gutakaza umukino wa nyuma w’igikombe cy’umwami Copa De Ray atsinzwe na FC Barcelona Ibitego 3 kuri 2.

Hari hashize igihe gito kandi na bwo ikipe ye ya Real Madrid isezerewe na Arsenal mu mikino ya UEFA Champions League muri kimwe cya 4 cy’irangiza ibitego 5 kuri 1 mu mikino yombi ubanza ndetse n’uwo kwishyura.

Kuri ubu ikipe y’igihugu cya Brazil yamaze kwemerera Carlo Ancelotti Gukomereza imirimo y’ubutoza muri Brazil akazajyana na yo mu gikombe cy’isi cizaba umwaka utaha wa 2026, gusa haracyari ukwibaza byinshi ku kugenda kwe dore ko amasezerano yari afite muri Real Madrid yavuga ko azasozanya n’iyi kipe mu mwaka utaha wa 2026

Mu gihe amaze muri Real Madrid kuva ubwo yayigarukagamo mu mpeshyi ya 2021, yatwaye ibikombe 11 mu nshuro, harimo ibikombe bibiri bya LaLiga, ibikombe bibiri bya Shampiyona ndetse n’igikombe cy’isi cy’amakipe.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Ikipe ya APR VC ishobora kwegukana igikombe mu irushanwa rya Africa
Next Article Indege yavaga muri Kenya igiye muri Tanzania yasubitse urugendo igitaraganya
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

U Bwongereza: Abahamwe n’ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bagiye kujya bahabwa imiti igabanya ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina
May 24, 2025
REG VC mu kwitegura Shampiyona igiye kuza, yatangiye kwibikaho abakinnyi
May 23, 2025
Kaminuza ya Harvard yajyanye Leta Zunze ubumwe za Amerika mu nkiko
May 23, 2025
Kuki Abanyamakuru batajya bubaka ingo ngo zirambe? Dore abanyamakuru babishoboye
May 23, 2025
Human right watch yamaganye ubwicanyi bukorwa n’abarwanyi ba Wazalendo
May 23, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Bobi Wine agiye kwiyamamariza kuba Perezida ndetse anashinja abo mu Burengerazuba bw’Isi guceceka nyamara Abanya-Uganda bababazwa

Umunya-Uganda utavuga rumwe n’ubutegetsi, Robert Kyagulanyi (Bobi Wine), yashimangiye ko na we ari mu baziyamamariza kuyobora Uganda mu matora y’Umukuru…

2 Min Read
AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

Barcelona Itwaye Copa del Ray ya 32 Itsinze Real Madrid

Barcelona Itwaye Copa del Ray ya 32 Itsinze Real Madrid ku mukino wa Nyuma bakiniraga kuri Estadio La Cartuja de…

1 Min Read
AMAKURU

I Kigali batangiye kwimurwa kubera imvura nyinshi

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko buri kwimura abaturage batuye mu manegeka, by’umwihariko haherewe ku bakomeje kugirwaho ingaruka n’imvura nyinshi…

2 Min Read
AMAKURU

Rutsiro: Abantu 14 bakomerekeye mu mpanuka ya Coaster 2 zagonganye

Imodoka ya sosiyete ya Kivu Belt na Virunga Express zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zagonganiye mu Karere ka Rutsiro,…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?