NSHUTIYIMANA Cyprien

Follow:
175 Articles

“Ndashaka kubizeza ko tutazapfa tutari kurwana.” – Perezida Paul Kagame

Mu muhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, Perezida Wa repubulika y’u…

1 Min Read

Ubutumwa bwa RIB muri iki gihe cyo #kwibuka31

Muri iki gihe U rwanda n'isi yose twibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha…

2 Min Read

Umuhanzi yampano yasohoye indirimbo yise Kwibuka 31, ijyanye n’ibihe byo kwibuka ku nshuro ya 31 jenoside yakorewe abatutsi mu 1994

U Rwanda n'isi yose bari kwibuka ku nshuro ya 31 Jenocide yakorewe abatutsi mu 1994. Icyumweru cyo kwibuka kigatangira taliki…

1 Min Read

Ngororero: Hari abacyogoshesha imikasi kuko abatanga amashanyarazi babasimbutse

Ni Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Matyazo, Akarere ka Ngororero, bavuga ko abaje gutanga umuriro w’amashanyarazi babasimbutse bikaba…

2 Min Read

“Ntabwo ntekereza ko ibyo turi kubona ubu hari icyiza byazanira Amerika – Obama avuga ku miyoborere ya Trump”

Uwabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama yagaragaje ko afite impungenge ku bizakurikira ibyemezo bya Politiki bikomeje…

1 Min Read

Liverpool iragaritswe, ibi hari icyo byafasha Arsenal iyikurikiye ku rutonde?

Ikipe ya Liverpool iyoboye urutonde rwa Shampiona Y'abongereza (Premier League) Iteshejwe Amanota na Fulham ku kibuga cya Fulham  Craven Cottage…

1 Min Read

LALIGA: Real Madrid na Barcelona Gutakaza bizanye indi mibare

Ku munsi wa 30 wa Shmpiona ya Espaine, amakipe ahanganiye umwanya mbere Real Madrid na Barcelona habuze n'imwe yegukana amanota…

1 Min Read

JAGUAR LAND ROVER Yahagaritse kohereza ibicuruzwa muri America USA

Uruganda rukora imodoka mu bwongereza Jaguar Land Rover rwatangaje ko rugiye guhagarika kohereza imodoka muri Leta z’unze ubumwe za America…

1 Min Read

“Goverinoma ikwiye gushyiraho amategeko agenga AI” – MININFRA

Olivier Kabera, umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA), avuga ko nubwo hari umyvuduko muiterambere ry’ubwenge buhangano (AI)mu Rwanda, hakwiye…

2 Min Read

Mu Burundi: Amatora ashobora gusubikwa

Impuzamashyaka ‘Burundi Bwa Bose’ imyiteguro y’amatora irarimbanyije ni amatora arimo ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko agomba kuba mu mezi 2 ari…

1 Min Read

Thomas Müller ntazakomezanya na Bayern Munich

Umunyabigwi umukurambere w’abakinnyi ba Bayern Munich, benshi bita Muzehe Thomas Müller, yemeje ko ubwo umwaka w’imikino wa 2024/2025, uzaba urangira…

1 Min Read

De Bruyne ntazakomezanya na Man City umwaka utaha

Umubirigi ukinira ikipe ya Manchester City yo mu Bwongereza Kevin De Bruyne yatangaje ko atazakomezanya n’iyi kipe uyu mwaka w’imikino…

2 Min Read

Indonesia: Agiye gufungwa azira kubwira ishusho ya Yezu ngo ijye kwiyogoshesha

Umugore uzwi ku rubuga rwa TikTok witwa Ratu Thalisa, urukiko rwamukatiye  imyaka 2 n’amezi 10 y’igifungo muri gereza, nyuma y’uko…

2 Min Read

U Rwanda na DRC ntabwo ari nk’ Uburusiya na Ukraine – ibyo u Rwanda rwabeshyuje amahanga.

Ibihugu  by’amahanga by’umwihariko iby’u Burayi, Sena y’u Rwanda yabibeshyuje ku byo gushinja u Rwanda kuba mu ntambara  Repubulika Iharanira Demokarasi…

4 Min Read

Ikamyo yari itwaye amavuta yo guteka ikongokeye i Nyamasheke

Ni ikamyo ya rukururana yahiriye mu Karere ka Nyamasheke ifite purake RAD 923/RL 2071 yavaga mu karere ka Bugesera yerekeza…

1 Min Read