Ku munsi wa 30 wa Shmpiona ya Espaine, amakipe ahanganiye umwanya mbere Real Madrid na Barcelona habuze n'imwe yegukana amanota…
Uruganda rukora imodoka mu bwongereza Jaguar Land Rover rwatangaje ko rugiye guhagarika kohereza imodoka muri Leta z’unze ubumwe za America…
Olivier Kabera, umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA), avuga ko nubwo hari umyvuduko muiterambere ry’ubwenge buhangano (AI)mu Rwanda, hakwiye…
Impuzamashyaka ‘Burundi Bwa Bose’ imyiteguro y’amatora irarimbanyije ni amatora arimo ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko agomba kuba mu mezi 2 ari…
Umunyabigwi umukurambere w’abakinnyi ba Bayern Munich, benshi bita Muzehe Thomas Müller, yemeje ko ubwo umwaka w’imikino wa 2024/2025, uzaba urangira…
Umubirigi ukinira ikipe ya Manchester City yo mu Bwongereza Kevin De Bruyne yatangaje ko atazakomezanya n’iyi kipe uyu mwaka w’imikino…
Umugore uzwi ku rubuga rwa TikTok witwa Ratu Thalisa, urukiko rwamukatiye imyaka 2 n’amezi 10 y’igifungo muri gereza, nyuma y’uko…
Ibihugu by’amahanga by’umwihariko iby’u Burayi, Sena y’u Rwanda yabibeshyuje ku byo gushinja u Rwanda kuba mu ntambara Repubulika Iharanira Demokarasi…
Ni ikamyo ya rukururana yahiriye mu Karere ka Nyamasheke ifite purake RAD 923/RL 2071 yavaga mu karere ka Bugesera yerekeza…
Urukiko Rukuru rushinzwe kubahiriza itegeko nshinga muri Koreya y’Epfo, kuri uyu wa gatanu tariki ya 04 mata 2025 rwemeje ko…
Umugabo w’imyaka 53 yarokwe n’abakora ibikorwa by’ubutabazi bagize itsinda ry’abazimya umuriro bari kumwe n'ikipe y’abashinwa. Nyuma y’amasaha 125 yari amaze…
Ibiro by’Umukuru w’igihugu, Village Urugwiro, byatangaje ko Perezida Kagame yakiriye Doreen Bogdan-Martin mu biro bye, Umunyamabanga mukuru w’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ikoranabuhanga…
Ni uwitwa Nsengiyumva Justin utuye mu murenge wa Nkotsi, mu kagari ka Mubago, Umudugudu wa Buhamo, ho mu karere ka…
Umujyi wa Dublin mu gihugu cya Ireland wiyamye bamwe mu bakerarugendo bawusura kugenda bakorakora ku mabere y’ikibumbano cya Molly Malone…
Mu bushakashatsi bwakozwe na Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) bwakozwe ku bantu bibasiwe n’ibiza mu kwezi kwa Werurwe 2025, bwagaragawemo ko…
Sign in to your account