Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzaniya, CHADEMA, ryatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu ryamenyeshejwe aho Tundu Lissu, umwe mu bayobozi…
Mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Gataraga, Akagari ka Rubindi, abantu bari mu marira n’agahinda batewe n’umugore wishe umugabo we…
Moïse Katumbi Chapwe, umwe mu banyapolitiki bakomeye batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ategerejwe mu rugendo…
Perezida w’u Burundi, Nyakubahwa Évariste Ndayishimiye, yongeye kugaragara yitabiriye ibikorwa by’idini bya Kiliziya Gatolika mu rwego rwo kwizihiza Uwa Gatanu…
Joseph Kabila Kabange, wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yamaze kugaruka mu gihugu cye avuye mu…
Amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aravuga ko ingabo za Leta zifatanyije n’ihuriro ryazo zimaze…
Leta y’u Rwanda yemeye ko ingabo z’Umuryango w’Iterambere ry’Afurika y’Amajyepfo (SADC) ziri mu mujyi wa Goma no mu gace ka…
Benshi mu basore bashakisha urukundo rw’ukuri, ariko kugira ngo ubone uwo muzabana neza, hari ibintu by’ingenzi byo kwitaho mbere yo…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 18 Mata 2025, habaye impanuka ikomeye y’imodoka eshatu mu Murenge wa…
Mu Murenge wa Rukumberi, Akarere ka Ngoma, haravugwa igikorwa cy’igayitse, aho abaturage babiri baguwe gitumo bateka Kanyanga, bariruka hafatwa ibikoresho…
Mu karere ka Nyaruguru, haravugwa inkuru ibabaje y’umugabo w’imyaka 55 uherutse gutabwa muri yombi akekwaho icyaha gikomeye cyo gusambanya umwana…
Mu karere ka Nyanza, impungenge zabaye zose nyuma y’uko abagabo 15 biganjemo urubyiruko bajyanywe n’umuntu utazwi, abizeza ko agiye kubaha…
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirateganya gufunga zimwe muri Ambasade na za Consulats zayo zikorera mu bihugu bitandukanye byo ku…
Kuri ubu umwuka mubi urakomeje hagati y’ingabo z’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro za Wazalendo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi…
Mu murenge wa Kimisagara, mu karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, haravugwa inkuru ibabaje aho umugore w’imyaka 38 akurikiranywe…
Sign in to your account