Kuri ubu mu mijyi ya Kavumu, Katana na Lwiro yo mu karere ka Kabare mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, inyeshyamba…
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko abantu benshi bapfiriye mu bwicanyi bwabereye i Goma umurwa mukuru w’intara…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 13 Mata 2025, ingabo za Leta ya Congo FARDC n’abafatanyabikorwa bazo, bagabye igitero simusiga…
Ingabo zirimo iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), iz’u Burundi (FDNB), n’indi mitwe yitwaje intwaro ikorana bya hafi na…
Umutwe wa M23 wasabye ingabo z’Umuryango w’Iterambere ry’Ibihugu byo mu Majyepfo y’Afurika (SADC), ziri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi…
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 12 Mata 2025, ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo…
Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran, nyuma y’imyaka 45 y’umubano mubi ushingiye kuri politiki ya dipolomasi, bongeye kwicarana ku…
Mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Busasamana, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umukecuru w’imyaka 65, ukurikiranyweho icyaha cyo…
Kibogora Polytechnic irashaka abakozi babishoboye haba mu myigishirize n'ubuyobozi. Amahirwe arakinguye kubakandida bose babyifuza bujuje ibisabwa byavuzwe. Ni kuri iyi…
Ubuyobozi bw’ishuri ryigenga rya adepr nyakabungo christian school buramenyesha abantu bose ko rifite imyanya y’akazi yo kwigisha, rikaba rikeneye abarimu…
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umugore witwa Abizera Marie Assoumpta w’imyaka 27, ukomoka mu Karere ka Muhanga,…
Michelle Obama, umugore wa Barack Hussein Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika manda ebyiri (2009–2017), yamaganye ibihuha bimaze…
Mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Sudani y’Epfo, SPLM-IO, habaye impinduka zikomeye aho Dr. Riek Machar, wari Visi-Perezida wa mbere…
Ku wa 10 Mata 2025, mu Karere ka Rulindo habereye imihango yo gusezera bwa nyuma no gushyingura Alain Mukuralinda, wari…
Sign in to your account