Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, mu mujyi wa Bilopillia mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Ukraine, hagabwe igitero cya drone…
Umukecuru w’imyaka 63 warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi wo mu Karere ka Nyamasheke yishwe n’abagizi ba nabi bamutemye, bamusanze aho yari…
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kiri gushakisha ofisiye mukuru, Lieutenant Colonel Nkulu Kilenge Delphin, kimushinja kunyereza amafaranga yagenewe…
Uyu munsi turagaruka ku ntwaro Uburusiya butunze zishobora guteza akaga isi mu gihe haba habaye intamabara ya gatatu y’isi. RS-28…
Abaganga b’inzobere mu buvuzi bw’abana bo mu Bitaro Bikuru byitiriwe Umwami Abdullah (King Abdullah Specialist Children’s Hospital) biherereye i Riyadh…
Muri Nigeria, icyorezo cyiswe Lassa Fever kimaze guhitana ubuzima bw’abantu bagera ku 138 guhera muri Mutarama 2025, nk’uko bigaragarazwa muri…
Umunsi wa mbere w’ibiganiro hagati y’u Burusiya na Ukraine warangiye batumvikanye ku guhagarika intambara imaze imyaka itatu, u Burusiya bugashinja…
Umushinjacyaha Mukuru w’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa ICC, Karim Khan, yeguye by’agateganyo kuri uyu wa 16 Gicurasi 2025, mu gihe akomeje…
Umudepite uri muri komite ishinzwe kugenzura ibikorwa bya gisirikare by’u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine yatangaje ko u Burusiya…
Mutore Isaac wamenyekanye nka ‘Sankara The Premier’ mu gusobanura filime, yashyize umukono ku masezerano n’ikigo cya StarTimes, azatuma filime asobanura…
Urukiko rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye igihano cy’urupfu umusirikare mu ngabo zirinda Umukuru w’Igihugu (GR), Caporal Isaac…
Dosiye y’ikirego kiregwamo Habiyaremye Zacharie uzwi nka ‘Bishop Gafaranga’, yamaze kugezwa mu Bushinjacyaha kugira ngo buyisuzume buzayiregere Urukiko. Bishop Gafaranga…
Umunyemari Munyakazi Sadate wigeze kuyobora ikipe ya Rayon Sports, yahakanye inkuru yacuzwe n’umuntu utazwi, ivuga ko agiye kugura Sitade Amahoro,…
Ali Bongo wahoze ayobora Gabon akaza guhirikwa ku butegetsi n’igisirikare mu 2023 ndetse agafungirwa iwe n’umuryango we kuva ubwo, yarekuwe…
Minisiteri y'ububanyi n'amahanga yo muri Sudani y'epfo yamaganye abantu bakwije ibihuha ku mbuga nkoranyambaga ko Perezida Sarva Kiir yitabye Imana.…
Sign in to your account