igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Bill Gates yashinje Elon Musk umugambi wo kwica abana b’abakene ku Isi
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Bill Gates yashinje Elon Musk umugambi wo kwica abana b’abakene ku Isi
AMAKURU

Bill Gates yashinje Elon Musk umugambi wo kwica abana b’abakene ku Isi

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: May 9, 2025 2:47 pm
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Bill Gates yashinje Elon Musk, umugambi wo kwica abana b’abakene binyuze mu gukuraho inkunga Leta Zunze Ubumwe za Amerika yageneraga ibihugu birimo abo bana.

Gates yavuze ko ibi nyuma yo kwemera ko agiye gutanga miliyari 200$ zo gufasha abakene kugeza mu 2045.

Elon Musk aherutse kugira uruhare mu bikorwa byo kugabanya 80% by’inkunga Amerika yatangaga mu bikorwa byo gufasha.

Bill Gates asanga ibyo ari ibikorwa by’ubwicanyi, kandi ko bizatuma impfu ziyongera ku Isi.

Ati “ Umubare w’impfu ugiye gutangira kuzamuka, hagiye gupfa abantu miliyoni nyinshi kubera kubura ibikoresho.”

Amafaranga Gates yatanze, azifashishwa mu kurwanya indwara nka malariya, imbasa, izitera impfu ku bagore n’abana no kugabanya ubukene.

Ubukungu bwa Bill gate kuri ubu bubarirwa arenga miliyari 112$, bivugwa ko umuryango wa Gate Foundation umaze gutanga miliyari 100$ kuva watangira mu 2000, ndetse biteganyijwe ko uzafunga mu 2045.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Moscow: U Burusiya bwizihije Intsinzi y’Ingabo z’Abasoviyete ku Banazi mu birori by’akataraboneka
Next Article Urukiko rwategetse ko Turahirwa Moses washinze inzu y’imideri ya Moshons afungwa iminsi 30 y’agateganyo
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Umuyobozi ukomeye mu Burundi yagaragaje ko Perezida Kagame yashatse kwiyunga na Nkurunziza bikanga
May 23, 2025
Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde Narendra Modi yatangaje ko u Buhinde bwafungiye amazi igihugu cya Pakistan
May 23, 2025
Justin Bieber yabaye iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga
May 23, 2025
Jennifer Lopez yajyanywe mu nkiko azira amafoto yashyize ku mbuga nkoranyambaga
May 23, 2025
Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo agiye kugeza ijambo ku Banye-Congo nyuma yo kwamburwa ubudahangarwa
May 23, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

Abantu 40 bamaze guhitanwa n’inkongi yibasiye icyambu muri Iran

Icyambu kinini cya Shahid Rajaee kiri i Bandar Abbas mu majyepfo y’u Burengerazuba bwa Iran kibasiwe n’inkongi y’umuriro yatewe n’ibiturika…

1 Min Read
AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

Liverpool FC yegukanye Shampiona Y’abongereza Premier league 2024/2025

Shampiona y’igihugu y’abongereza Premier League Liverpool iyishyizeho akadomo ku gikombe ku mukino wo ku munsi wa 33 yihanije Tottenham Hotspur…

2 Min Read
AMAKURU

Nyamasheke: Umugabo arembeye ku kigo nderabuzima cya Rangiro nyuma yo gukubitwa no gukomeretswa bikomeye n’umugore we

Simbizi Zablon w’imyaka 48 wo mu Mudugudu wa Nyakabingo, Akagari ka Murambi, Umurenge wa Rangiro, Akarere ka Nyamasheke arembeye ku…

3 Min Read
Igerageza ku rukingo rwa SIDA ryakorewe mu Rwanda, ryatanze icyizere
AMAKURUUBUZIMA

Icyizere ni cyose ku rukingo rwa SIDA rwakorewe isuzumwa mu Rwanda

Abashakashatsi bagaragaje ko igerageza ry’urukingo rw’agakoko gatera SIDA umuntu aterwa rugakangura uturemangingo dushinzwe ubudahangarwa bw’umubiri, rukatwongerera ubushobozi bwo gukora abasirikare…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?