igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Bobi Wine agiye kugaruka mu muziki
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Bobi Wine agiye kugaruka mu muziki
AMAKURUIMYIDAGADURO

Bobi Wine agiye kugaruka mu muziki

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: April 23, 2025 7:05 pm
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Ku wa Mbere, tariki ya 22 Mata, Bobi Wine, Nubian Li, na King Saha bose bashyize amafoto ku mbuga nkoranyambaga bari muri situdiyo hamwe na producer Paddy Man, bigaragaza ko bari mu mushinga w’indirimbo.

Aya mafoto yahise akwirakwira cyane ku mbuga nkoranyambaga, bituma abantu benshi babyibazaho. Nubwo amakuru arambuye kuri uwo mushinga akiri ibanga, King Saha yagize icyo abivugaho mu kiganiro yagiranye na Spark TV kuri telefone.

King Saha yafuze ko hari ikintu gikomeye kigiye kuza hagati y’aba bahanzi bombi.

Yagize ati “Sinavuga byinshi birebana n’umukoresha wanjye (Bobi Wine), ariko nk’uko mubibona ku mafoto, mutegereze indirimbo.”

Nubwo atatangaje igihe indirimbo izasohokera cyangwa se icyo izaba ivugaho, King Saha yasezeranyije abafana ko izaba iri ku rwego rwo hejuru.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umunyeshuri w’imyaka 19, yarohamye mu Kiyaga cya Burera ari mu rugendoshuri
Next Article M23 na leta ya DRC bananiwe kumvikanira i Doha
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

U Burusiya bukomeje kugaba ibitero muri Ukraine mu gihe bari bumvikanye agahenge
May 12, 2025
Icyiciro cya mbere cy’abazungu bivugwa ko bahohoterwa muri Afrika y’Epfo cyatwawe muri Amerika
May 12, 2025
Perezida Kagame Yitabiriye Inama y’Abayobozi b’Ibigo muri Côte d’Ivoire
May 12, 2025
Hamas igiye kurekura imbohe y’Umunyamerika wa nyuma mu bafatiwe muri Israheli
May 12, 2025
Inteko ishinga amategeko ya Afurika y’Epfo igiye gukora iperereza ku ngabo zayo zagiye kurwanya M23
May 12, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Rurageretse hagati ya Nick Cannon n’umugore we

Alyssa Scott usanzwe ari umunyamideli wabyaranye na Nick Cannon, yagaragaje ko atishimiye uburyo uyu mugabo atita ku nshingano ze nk’umubyeyi,…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Michelle Obama yagize icyo avuga kuri gatanya iri gututumba hagati ye na Barack Obama

Michelle Obama yanyomoje amakuru yavugaga ko ari mu nzira za gatanya hagati ye n'umugabo we Barack Obama wahoze ayobora leta…

2 Min Read
AMAKURU

Ingabo za RDC zahanganye na Wazalendo bipfa uduce buri ruhande rushaka kugenzura

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikorera mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo zahanganye n’umutwe witwaje intwaro wa Mai Mai…

2 Min Read
IMYIDAGADURO

Ariel Wayz niwe muhanzi Nduhungirehe abona ushobora kugera kure kubera impano ye

Olivier Nduhungirehe yavuze ko Ariel wayz bitewe n'ijwi afite ryamugeza ku ruhando mpuzamahanga kuko ari ryiza kandi akaba ari umuhanga…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?