igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Burna Boy arimo guterwa amabuye n’abafana be bose bo mu gihugu cya Nigeria
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMYIDAGADURO > Burna Boy arimo guterwa amabuye n’abafana be bose bo mu gihugu cya Nigeria
IMYIDAGADURO

Burna Boy arimo guterwa amabuye n’abafana be bose bo mu gihugu cya Nigeria

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: April 16, 2025 11:03 pm
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Umuhanzi wo muri Nigeria Burna Boy akomeje kuvugisha benshi nyuma yuko agaragaye ari kumwe n’umuhungu wa Perezida Bola Tinubu witwa Seyi Tinubu ndetse na Michael Jordan.

Icyavugishije benshi ni uko Seyi Tinubu akunze kumvikana avuga ko Papa ari we Perezida mwiza Nigeria yagize, nyamara Burna Boy nawe akunze kumvikana anenga Politike ya Bola Tinubu mu bijyanye n’ubukungu yakomeje kunenga na benshi bemeza ko ubukeneye bumeze nabi.

Ku rundi ruhand,e uyu mwana wa Tinubu aheruka gukozanyaho n’umuraperi Eedris Abdulkareem nyuma y’uko avuze ko se ari we Perezida mwiza, ibyatumye uyu muraperi asohora indirimbo yise “Tell Your Papa” aho yaje gukundwa ariko Leta ibuza ko yakinwa kuri Radio na Televiziyo.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Uruhare rw’ubwoko bw’amaraso mu kurambana kw’abakundana: Ubushakashatsi bubivugaho iki?
Next Article Umuhanzi Rema arimo kuvugirizwa induru n’abafana
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Icyiciro cya mbere cy’abazungu bivugwa ko bahohoterwa muri Afrika y’Epfo cyatwawe muri Amerika
May 12, 2025
Perezida Kagame Yitabiriye Inama y’Abayobozi b’Ibigo muri Côte d’Ivoire
May 12, 2025
Hamas igiye kurekura imbohe y’Umunyamerika wa nyuma mu bafatiwe muri Israheli
May 12, 2025
Inteko ishinga amategeko ya Afurika y’Epfo igiye gukora iperereza ku ngabo zayo zagiye kurwanya M23
May 12, 2025
DRC: Abasaga 110 bishwe n’umwuzure muri Fizi
May 12, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMYIDAGADURO

Uwiyitiriye Kate Bashabe kuri X ahangayikishije nyirubwite

Kate Bashabe ahangayikishijwe n’umuntu atazi ukoresaha urubuga rwa X yahoze ari Twitter umaze iminsi asangiza abamukurikira ubutumwa mu mazina ye.…

1 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

SZA yashimiye Beyonce wamuremeye

SZA yasobanuye uburyo ashimira Beyonce utaramusabye amafaranga ava ku ndirimbo ‘Listen’ iri kuri album yitwa’SOS’ yagiye hanze mu 2022. SZA…

1 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Abantu 150 nibo bagiye gutoranywamo inyangamugayo mu rubanza rwa Sean Combs uzwi nka Diddy

Urubanza rw’umuraperi Sean Combs uzwi nka Diddy, rwatangiye ku mugaragaro, aho urukiko rwatangiye rutoranya abantu b’inyangamugayo bazifashishwa mu iburanishwa rye.…

2 Min Read
IMYIDAGADURO

Bwa mbere abamurika imideli bagiye kugaragara muri Giants of Africa

Bakora ubuhanzi bwo kumurika imideli bakomeye ku mugabane wa Afurika nka , Hortense Mbea, Umunya-Cameroon wamenyekanye nka Afropian, Alia Baré…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?