POLITIKE

Perezida Trump yarakariye Putin, Ateguza Uburusiya ibihano bikomeye

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yarakariye bikomeye Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya, nyuma y’amezi ashize bagerageje kuganira ku ihagarikwa ry’intambara muri Ukraine. Mu kiganiro yagiranye…

3 Min Read
Umwuka mubi hagati ya Gen. Muhoozi na Jenerali ba FARDC ukomeje kuba agatereranzamba

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen. Muhoozi Kainerugaba, ari mu makimbirane…

2 Min Read
Perezida Trump yarakariye Putin, Ateguza Uburusiya ibihano bikomeye

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yarakariye…

3 Min Read
Umugaba mukuru w’ingabo za Ethiopia yagiriye uruzinduko mu Rwanda ruzamara iminsi 4

EtMarshal Birhanu Jula, umugaba mukuru w'ingabo za Ethiopia ari kubarizwa kubutaka bw'u…

1 Min Read
Ni iki kizava mu biganiro bya M23 na Leta ya Congo bizabera i Doha?

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na M23 biteganyijwe ko bazahurira…

1 Min Read

USA

Confirmed

0

Death

0

UK

Confirmed

0

Death

0

France

Confirmed

0

Death

0

Top Writers

Oponion

The Latest

U Rwanda na DRC ntabwo ari nk’ Uburusiya na Ukraine – ibyo u Rwanda rwabeshyuje amahanga.

Ibihugu  by’amahanga by’umwihariko iby’u Burayi, Sena y’u Rwanda yabibeshyuje ku byo gushinja u Rwanda kuba mu ntambara  Repubulika Iharanira Demokarasi…

4 Min Read

Yoon Suk-Yeol wari perezida wa Korea Y’epfo yegujwe

Urukiko Rukuru rushinzwe kubahiriza itegeko nshinga muri Koreya y’Epfo, kuri uyu wa gatanu tariki ya 04 mata 2025 rwemeje ko…

2 Min Read

Prezida Kagame yagiranye ibiganiro na Doreen Bogdan-Martin byabereye muri Village Urugwiro

Ibiro by’Umukuru w’igihugu, Village Urugwiro, byatangaje ko Perezida Kagame yakiriye Doreen Bogdan-Martin mu biro bye, Umunyamabanga mukuru w’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ikoranabuhanga…

2 Min Read

FARDC Yongeye Kwigarurira Umujyi wa Walikale

Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zasubiye mu mujyi wa Walikale nyuma y’uko abarwanyi ba M23…

1 Min Read

Menya byinshi kuri Thomas Lubanga washinze umutwe ugamije gushyira iherezo rya nyuma ku butegetsi bwa Kinshasa

Thomas Lubanga, wahoze ari umuyobozi w’umutwe w’inyeshyamba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yongeye kuvugwa nyuma yo gushinga umutwe…

2 Min Read

Uburundi bwasabwe ggufungura imipaka ibuhuza n’u Rwanda

Hifashishijwe Ihuriro ACOREB rihuza Abepiskopi Gatolika b’u Rwanda n’ab’u Burundi, basabye igihugu cy'uburundi ko bakwiye gufungura imipaka ibahuza n'igihugu cy'u…

3 Min Read

Umuriro w’ibiturika hagati y’ingabo z’u Buhinde niza Pakistan mu majyaruguru ya Jammu na Kashmir

Kuri uyu wa Kabiri ushize, Ingabo z’u Buhinde na Pakistan zarasanyeho nyuma yo kugerageza gucengera mu Karere ka Poonch gaherereye…

1 Min Read

RDC: Kisangani abaturage basabwe kudatinya M23 kuko nta mbaraga ifite

Perezida w’Inteko y’Intara ya Tshopo, Mattheus Kanga Londimo, yasabye abaturage ba Kisangani kudahungabanywa n’ibihuha bivuga ko M23 iri gukomeza gufata…

1 Min Read

Muri Congo havutse undi mutwe ukomeye ugiye gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi

Colonel Innocent Kaina, wahoze ari umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yashinze umutwe mushya w’inyeshyamba ugamije gukuraho ubutegetsi…

1 Min Read

Muri Kivu y’Amajyepfo hari kubera imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC

Umutwe wa M23 wagabye ibitero bikomeye ku ngabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) mu duce dutandukanye…

1 Min Read