igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: CNDD-FDD Yashinjwe guha umwanya ubujiji mu gihugu
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > CNDD-FDD Yashinjwe guha umwanya ubujiji mu gihugu
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

CNDD-FDD Yashinjwe guha umwanya ubujiji mu gihugu

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 20, 2025 2:09 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi UPRONA ryashinje CNDD-FDD riri ku butegetsi rya Perezida Evariste Ndayishimiye gutanga akazi ku banyamuryango baryo gusa hatitawe ku bumenyi bafite.

Kuwa 18 Gicurasi 2025, ubwo iri shyaka rya UPRONA ryiyamamarizaga imyanya y’Inteko Ishinga Amategeko n’inzego z’ibanze mu ntara ya Rumonge Perezida waryo, Olivier Nkurunziza, yavuze ko ishyaka CNDD-FDD ryimakaje akazu no guheza abafite ubuhanga mu kubikora.

Ati “Urubyiruko rwinshi rushoboye ruguma mu rugo mu gihe abadafite ibisabwa bahabwa imirimo kubera gusa ko ari abanyamuryango ba CNDD-FDD.”

Nkurunziza yagaragaje kandi ko CNDD-FDD idaha umwanya bamwe mu barimu n’abashakashatsi, cyane cyane abo muri Kaminuza y’u Burundi, kandi shingiro ry’iterambere ry’iki gihugu.

Uyu munyapolitiki yagaragaje ko Abarundi bakagombye kuba bafite abayobozi baha agaciro ubumenyi, aho guteza imbere gusa abo mu ishyaka ryabo gusa.

Perezida w’iri shyakaUPRONA , Olivier Nkurunziza

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Karongi: Umukobwa yishwe abanje gusambanywa
Next Article Trump yongeye kugaragaza ko kuganira na Zelensky ku kibazo cy’intambara igihugu cye gihanganyemo n’u Burusiya bigoye
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Bishop Gafaranga akurikiranyweho ihohotera rishingiye ku gitsina, dosiye ye yamaze kugera mu rukiko
May 20, 2025
Louise Mushikiwabo yavuze ko ibihugu bya Afurika bigomba kumenya kwihitiramo abafatanyabikorwa babibereye
May 20, 2025
Perezida wa Sena ya RDC, Michel Sama Lukonde yasabye Kabila uri mu buhungiro kwitaba
May 20, 2025
Byinshi wamenya ku ndirimbo ‘Pom Pom’ ya Bruce Melodie na Diamond igiye kujya hanze vuba
May 20, 2025
Trump yongeye kugaragaza ko kuganira na Zelensky ku kibazo cy’intambara igihugu cye gihanganyemo n’u Burusiya bigoye
May 20, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Leta yamaganye ibihuha bivuga Perezida Kiir yitabye Imana

Minisiteri y'ububanyi n'amahanga yo muri Sudani y'epfo yamaganye abantu bakwije ibihuha ku mbuga nkoranyambaga ko Perezida Sarva Kiir yitabye Imana.…

1 Min Read
AMAKURU

Minisitiri w’Ingabo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse ko Amerika igabanya Abajenerali ifite ku kigero cya 20%

Minisitiri w’Ingabo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yategetse igisirikare cy’igihugu kugabanya umubare w’Abajenerali n’abandi basirikare bakuru. Muri…

1 Min Read
POLITIKE

PEREZIDA PAUL KAGAME YAGIRANYE IBIGANIRO BYIHARIYE NA PEREZIDA WA SENEGALI BASSIROU

Perezida w' u Rwanda Paul Kagame yagiranye ikiganiro kuri terefone na mugenzi we Perezida wa senegal Bassirou Diomaye Faye aba…

1 Min Read
AMAKURU

Nyagatare: Umuyobozi wa Ibuka Bimenyimana Jean de Dieu arifuza ubufatanye kugira ngo imiryango 153 itarabona amacumbi iyabone

Umuyobozi wa Ibuka mu Karere ka Nyagatare, Bimenyimana Jean de Dieu, avuga ko n’ubwo hakozwe byinshi bigamije gufasha abarokotse Jenoside…

3 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?