igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Donald Trump yise mugenzi we w’Uburusiya umusazi nyuma y’igitero gikaze yagabye kuri Ukraine
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Donald Trump yise mugenzi we w’Uburusiya umusazi nyuma y’igitero gikaze yagabye kuri Ukraine
AMAKURU

Donald Trump yise mugenzi we w’Uburusiya umusazi nyuma y’igitero gikaze yagabye kuri Ukraine

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: May 26, 2025 8:59 am
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje akababaro n’uburakari yatewe n’igitero cy’ Uburusiya bwagabye kuri Ukraine, ashinja mugenzi we w’Uburusiya, Vladimir Putin kudashaka ibiganiro by’amahoro

Mu mvugo atari asanzwe amenyereweho mu bijanye n’Uburusiya, Trump yikoma Putin yongeye kumwita “umusazi”, ijambo ryumvikanye ridasanzwe kuri uwo munyapolitike ukunze kugaragaza ubushuti na Perezida w’Uburusiya.

Ayo magambo ya Trump yaje nyuma y’uko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, avuze ko ukwirengagiza kwa Leta ya Amerika ku bitero by’Uburusiya. Zelensky yasabye ko haba igikorwa gikomeye, harimo n’ibihano bikarishye ku butegetsi bwa Moscou.

Igitero cyabaye cyari kidasanzwe, aho Uburusiya bwarashe ibisasu bya misile hamwe n’indege zitagira abapirote (drones), byose hamwe bikaba byarashitse kuri 367, Muri icyo gitero, abantu bagera kuri 12 bahasize ubuzima, abandi benshi barakomereka.

Iyi mvugo ya Trump ishobora guhindura uko ibintu bihagaze uyu munsi, perezida wa Amerika Trump amaze iminsi agaragaza ko Uburusiya na Ukraine barimo kwitegura kujya ku meza y’ibiganiro ndetse bari baramaze kutegura ko ibi biganiro bizabera muri Vatican aho byagombaga kugirwamo uruhare na Pop mushya.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Musanze: Umusore w’imyaka 21 yasanzwe mu giti cya voka yimanitse
Next Article Joseph Kabila yagarutse mu mujyi wa Goma, ahabwa ikaze n’abayobozi ba M23
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Muhazi FC yamanutse mu kiciro cya kabiri nyuma yo kunyagirwa n’Amagaju
May 28, 2025
Umwanditsi w’ibitabo Ngũgĩ wa Thiong’o yapfuye
May 28, 2025
Perezida wa Sena y’u Rwanda asanga ibiganiro ari wo muti w’amahoro mu Burasirazuba bwa RDC
May 28, 2025
Umugore w’imyaka 55 yafatiwe mu cyuho yakira urumogi rwa ibilo 25 muri Muhanga
May 28, 2025
Cholera ikomeje kwibasira Sudani
May 28, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Urutonde rw’ibihugu 10 bifite abaturage bishimye kurenza abandi ku isi, Amerika itarimo

Igihugu cyaje ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite abaturage bishimye kurenza abandi ku isi mu myaka umunani ishize, cyongeye…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

RDC: Ingabo z’Uburundi n’abarwanyi ba Wazalendo bari kurebana ay’ingwe

Kuri ubu umwuka mubi urakomeje hagati y’ingabo z’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro za Wazalendo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

EAC: Bakoze urugendo rwo kwibuka i Arusha.

Kuri uyu wa mbere, taliki 7 Mata 2025, umunsi u Rwanda n'isi yose bibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe…

1 Min Read
AMAKURU

Ingabo zari mu butumwa bw’umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SAMIDRC) zacyuye ibindi bikoresho ibinyujije mu Rwanda

Ingabo zari mu butumwa bw’umuryango wa Afurika y’amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SAMIDRC) zacyuye icyiciro cya…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?