igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Dore uturere twavutsemo abana benshi mu 2024
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Dore uturere twavutsemo abana benshi mu 2024
AMAKURU

Dore uturere twavutsemo abana benshi mu 2024

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 28, 2025 9:41 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
Photo by IGIHE.com
SHARE

Ikigo k’igihugu k’ibarurisahamibare mu Rwanda giherutse gushyira hanze ubushakashatsi ngarukamwaka ku mibereho y’abaturage aho banagaragaza umubare w’abantu bavutse ndetse n’abitabye Imana banditse cyangwa bandukujwe mu gitabo k’irangamimerere. Ubuheruka ni ubwa 2024

Utu ni two turere dutanu tw’u Rwanda dufite umubare munini w’abavutse mu 2024, nk’uko bikubiye muri ubu bushakashatsi.

Ku mwana wa 5 hari akarere ka Kicukiro mu mugi wa Kigali. Mu  2024 Havutse abana 13,782 harimo abakobwa 6,729 ndetse n’abana b’abahungu 7,053.

Ku mwanya wa kane hari Akarere ka Gatsibo mu Ntara y’iburasirazuba, mu 2024 havutse abana13,989 harimo abakobwa 6,868 n’abahungu 7,121 nk’uko ubu bushakashatsi bubigaragaza.

Ku mwanya wa Gatatu hari Akarere ka Rubavu mu Ntara y ‘Uburengerazuba, mu 2024 havutse abana 15,976 barimo abakobwa 7,889 ndetse n’abana b’abahungu 8,087.

Ku mwanya wa Kabiri hari Akarere ka Nyagatare ntara y’uburasirazuba ubushakashatsi bw’ikigo k’igihugu k’ibarurishamibare mu Rwanda bugaragaza ko mu 2025 muri aka karere havutse abana 18,521barimo abakobwa 9,049 ndetse n’abahungu 9,472.

Ku isonga hari Akarere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali, mu 2024 havutse aba 24,641 harimo abana b’abakobwa 12,153 ndetse n’abana b’abahungu 12,488.

Muri rusange mu gihugu cyose abana bavutse bakaba banditswe mu gitabo k’irangamimerere mu turere twose tw’igihugu ni abana 341,029 wongeyeho n’abavukiye mu mahanga 172 aho ho abakobwa ari 92 abahungu bakaba 80.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umwana washyinguwe yongeye kuboneka ari muzima nyuma y’umwaka wose urenga
Next Article “Monetization” ku bakoresha You Tube bari mu Rwanda, ishobora kwemerwa
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

U Bwongereza: Abahamwe n’ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bagiye kujya bahabwa imiti igabanya ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina
May 24, 2025
REG VC mu kwitegura Shampiyona igiye kuza, yatangiye kwibikaho abakinnyi
May 23, 2025
Kaminuza ya Harvard yajyanye Leta Zunze ubumwe za Amerika mu nkiko
May 23, 2025
Kuki Abanyamakuru batajya bubaka ingo ngo zirambe? Dore abanyamakuru babishoboye
May 23, 2025
Human right watch yamaganye ubwicanyi bukorwa n’abarwanyi ba Wazalendo
May 23, 2025

You Might Also Like

Mu gihugu cya Mexique umukandida ku mwanya wa Meya yishwe yiyamamaza
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Mexico: Umukandida yishwe ari mubikorwa byo kw’iyamamariza kuba Meya w’umujyi

Yesenia Lara Gutiérrez wari mu bikorwa byo kwiyamamariza kuyobora umujyi wa Texistepec mu ntara ya Veracruz muri Mexique, yarashwe ahita…

1 Min Read
AMAKURU

Umusore w’i Rutsiro ukekwaho kwica se yafatiwe Nyabugogo

Ni umusore uri mu kigero k'imyaka 22 wo mu Karere ka Rutsiro ukekwaho kwica se umubyara amukubise umuhembezo mu mutwe,…

1 Min Read
AMAKURU

Nyabihu: Umugore wari utwite inda y’imvutsi yapfiriye mu rugo rw’umugore wasengeraga abantu yiyita umunyamasengesho

Mukandekezi Claudine w’imyaka 30 wo mu Karere ka Nyabihu wari utwite inda y’imvutsi, yapfiriye mu rugo rw’umugore wasengeraga abantu yiyita…

2 Min Read
AMAKURU

Antoine Cardinal Kambanda Yavuze ku kudatezuka kwa Nyakwigendera Alain Mukuralinda

Mu muhango wo gusezera Alain Mukuralinda muri Paruwasi Gatolika ya Rulindo, Arikiyepiskopi wa Kigali Antoine Cardinal Kambanda yagaragaje ko Alain…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?