igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: DRC/ITURI: Inyeshyamba za ADF ziri kwaka abahinzi amadorari 10 kugirango bemererwe Guhinga
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > DRC/ITURI: Inyeshyamba za ADF ziri kwaka abahinzi amadorari 10 kugirango bemererwe Guhinga
AMAKURUMU MAHANGA

DRC/ITURI: Inyeshyamba za ADF ziri kwaka abahinzi amadorari 10 kugirango bemererwe Guhinga

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 13, 2025 12:39 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Aho abarwanyi b’uyu mutwe bari mu mijyi yo mu cyaro mu turere twa Mambasa na Irumu ho mu ntara ya Ituri, zashyizeho impapuro zemerera abantu gukora ibikorwa byabo abenshi muri bo bakaba ari abahinzi, bahabwa izo mpushya zanditse kugira ngo bajye mu mirima yabo ariko babanje kwishyura.

Umuhuzabikorwa w’Ihuriro Convention pour le Respect des Droits Humains (CRDH), Christophe Munyanderu, ku wa Gatatu, itariki ya 9 Mata 2025 yabinyujije mu butumwa bwabonwe na 7SUR7.CD, ahamagarira abayobozi b’ingabo mu nzego zose gufata ingamba zihagije z’umutekano kugira ngo abaturage batagira ubwoba bitewe n’ibi bikorwa by’uyu mutwe.

Ati: “Vuba aha, abahinzi bo muri teritwari za Mambasa na Irumu bahuye n’ikibazo. Inyeshyamba za ADF zashyizeho jetons z’abahinzi kugira ngo bagere mu mirima ku madolari 10. Abashinzwe umutekano bagomba gutabara vuba.”

Iri huriro CRDH ryemeza ko, aya mafaranga yakusanyijwe mu bahinzi ari mu rwego rwo kubamenyekanisha kuko inyeshyamba za ADF zifata amafoto y’abahinzi mbere yo gutanga izo jetons, ibintu bitera abenshi ubwoba bw’icyo ayo mafoto azakoreshwa.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Rebero, hari gusorezwa Icyumweru cy’Icyunamo, #kwibuka 31
Next Article Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania ryahagaritswe mu matora ateganyijwe uyu mwaka
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Manishimwe Djabel yangiwe kwinjira muri Algeria
June 1, 2025
Buri mwaka ku isi hajugunywa Toni miliyoni 400 za pulasitiki
June 1, 2025
Umujyi wa Kigali hari igihe wasenye inzu zisaga 123 mu cyumweru kimwe
June 1, 2025
U Rwanda na Misiri byiyemeje imikoranire mu kwagura ubutwererane mu bya gisirikare 
June 1, 2025
Vanessa Mdee yahagaritse umuziki agaragaza ko wamwangije mu mutwe bikomeye
June 1, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMYIDAGADURO

Aba DJs (abavanga imiziki) bazajya bishyura abahanzi mbere yo gucuranga indirimbo zabo – Dr. Utumatwishima 

Nk’uko Ministeri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MoYA) yabitangaje hagiye gushyirwaho ikigo gikusanya umubare w’abakoresheje ibihangano by’abahanzi nta burenganzira babiherewe, bazage bishuzwa…

2 Min Read
AMAKURU

Antoine Cardinal Kambanda yasezeye kuri Papa Francis witabye Imana

Arikiyepisikopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yasezeye kuri Papa Francis witabye Imana…

1 Min Read
AMAKURU

Abakozi ba Ambasade ya Israel barashwe i Washington, DC, umwe yarimo yitegura ubukwe

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki ya 21 Gicurasi 2025, abakozi babiri ba Ambasade ya Israel muri Leta Zunze…

2 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Umukinnyi wa filime mu Rwanda Natacha Ndahiro yahamije ko yakina filime akora imibonano mpuzabitsina

Natacha Ndahiro umaze kubaka izina muri sinema y’u Rwanda, yemeje ko nta kintu byamutwara gukina filime akora imibonano mpuzabitsina, mu…

3 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?