igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Elon Musk yigereranyije na Buddha avuga ko DOGE izakomeza gukora na nyuma ye
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Elon Musk yigereranyije na Buddha avuga ko DOGE izakomeza gukora na nyuma ye
AMAKURU

Elon Musk yigereranyije na Buddha avuga ko DOGE izakomeza gukora na nyuma ye

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: May 3, 2025 9:05 am
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Elon Musk, nyir’urubuga rwa X wari umaze igihe ari mu kazi ka guverinoma ya Trump, yigereranyije na Buddha, avuga ko kuba agiye kuva mu nshingano nk’uwari ushinzwe ikigo gishinzwe imikorere y’inzego za Amerika, bitazatuma gisenyuka.

Ubwo yabazwaga uwo abona uzamusimbura ku myanya wo kuyobora Ikigo gishinzwe kunoza imikorere y’inzego za Amerika (DOGE), Musk yasubije yigereranya na Buddha.

Buddha, mu bihugu bimwe na bimwe ku mugabane wa Aziya afatwa nk’umuntu w’icyitegererezo wari ufite ubwenge n’icyubahiro by’akataraboneka, aho imitekerereze ye yavutsemo idini.

Ati “Ese Buddha arakenewe mu kubaho kwa Buddhism? Ntabwo iri dini rikomeye na nyuma y’urupfu rwe?”

Yashakaga kumvikanisha ko nubwo ariwe watangije DOGE, izakomeza kubaho na nyuma y’uko avuye mu nshingano.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Rubavu: Inzu z’imiryango 10 zasenywe n’ibiza
Next Article Trump agiye kwirukana intasi za Amerika
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Icyiciro cya mbere cy’abazungu bivugwa ko bahohoterwa muri Afrika y’Epfo cyatwawe muri Amerika
May 12, 2025
Perezida Kagame Yitabiriye Inama y’Abayobozi b’Ibigo muri Côte d’Ivoire
May 12, 2025
Hamas igiye kurekura imbohe y’Umunyamerika wa nyuma mu bafatiwe muri Israheli
May 12, 2025
Inteko ishinga amategeko ya Afurika y’Epfo igiye gukora iperereza ku ngabo zayo zagiye kurwanya M23
May 12, 2025
DRC: Abasaga 110 bishwe n’umwuzure muri Fizi
May 12, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Amasasu yavuzaga ubuhuha mu basirikare ba FARDC bari bagiye kwiba

Urusaku rw’imbunda rwinshi rwaraye rwumvikanye mu bice by’umujyi wa Uvira uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’aho Ingabo za…

2 Min Read
AMAKURU

Umugore wamenesheje amagi agahanga k’umwana we yahamijwe n’urukiko icyaha cyo guhohotera

Mu 2023, ngo nibwo habayeho inkubiri y’ababyeyi bo hirya no hino ku Isi, bashyira za videwo ku rubuga nkoranyambaga rwa…

3 Min Read
AMAKURU

Ingabo za SADC zashinje M23 gutegura ibitero bya nyirarureshwa

Ingabo ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Congo zihuriye mu muryango wa Africa Y'epfo za SADC zatangaje…

2 Min Read
AMAKURU

Koreya ya Ruguru yameje ko yohereje ingabo kurwanira Uburusiya mu ntambara burimo na Ukraine

Ku nshuro ya mbere Koreya ya Ruguru yameje ko yohereje ingabo kurwanira Uburusiya mu ntambara burimo na Ukraine. Igisirikare cya…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?