igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Ese koko Donald Trump Perezida wa Gatatu ukuze wayoboye Amerika yaba arwaye mu mutwe ?
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Ese koko Donald Trump Perezida wa Gatatu ukuze wayoboye Amerika yaba arwaye mu mutwe ?
AMAKURU

Ese koko Donald Trump Perezida wa Gatatu ukuze wayoboye Amerika yaba arwaye mu mutwe ?

Faxxy Editor ✨
Last updated: April 12, 2025 3:13 pm
Faxxy Editor ✨
Share
SHARE

Donald Trump, Perezida wa Gatatu ukuze wayoboye Amerika, yakorewe isuzuma ry’ubuzima bwe harimo n’ubwo mu mutwe, rya mbere kuva yatangira manda ya kabiri.

Trump ugiye kuzuza imyaka 79 yakorewe iri suzumwa ku wa 11 Mata 2025, aho nyuma yahamije ko ameze neza.Ati “Byagenze neza ndacyeka, namaze umwanya munini ariko numvaga meze neza.

Umutima mwiza, roho nziza, ndetse nashakaga gutandukana na Biden gato, nkoresha n’ikizamini cyo kureba uko ubuzima bwanjye bwo mu mutwe buhagaze, rero sinzi ikindi nababwira uretse kuba ibisubizo byose byari byiza.”Ibisubizo by’ibi bizamini yakoresheje ntibiratangazwa.

Trump muri manda ye ya mbere nabwo yari yakorewe isuma, aho ku kizamini kijyanye no gutekereza no kwibuka, abaganga bemeje ko yagize 30 kuri 30.Ni ikizamini gikorwa hagamijwe kureba uburyo umuntu yibuka, akemura ibibazo, umuvuduko atekerezaho, uburyo yita ku bintu, uburyo akoreshamo ururimi n’ibindi.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
ByFaxxy Editor ✨
Follow:
 
Previous Article Ngoma: Abantu 11 nibo bafashwe bakekwaho uruhare mu rupfu rw’umukobwa w’imyaka 15 wigaga mu mwaka wa Gatatu w’amashuri yisumbuye
Next Article Minisitiri Utumatwishima yakebuye urubyiruko ruri kurangazwa n’imbuga nkoranyambaga mu bihe by’icyumweru cy’Icyunamo
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Inzaghi ashobora kuva muri Inter nyuma yo gutsindwa na PSG
June 1, 2025
“Urushyi rwa Brigitte Macron si urwacu, kandi umugore iyo abikoze aba afite impamvu” Amagambo y’umuvugizi wa leta y’Uburusiya
June 1, 2025
PSG ikoze amateka kuri Allianz Arena itsinda Inter Milan ibitego 5-0, yegukana Champions League bwa mbere
May 31, 2025
Musanze: Inzoga y’inkorano yitwa Munanguzi ikomeje kubangamira abaturage
May 31, 2025
Joseph Kabila yahuye n’ubuyobozi bwa AFC/M23, bemeranya gukorera hamwe mu rugendo rwo kugarura amahoro muri DRC
May 31, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Yeguye atamaze umunsi ku mwanya w’umujyanama w’igihugu mu by’umutekano kubera amafoto y’ubwambure

Tobias Thyberg wari wagizwe Umujyanama Mukuru wa Suède mu by’umutekano, yeguye nyuma y’amasaha make ashyizwe kuri uyu mwanya kubera amafoto…

2 Min Read
AMAKURU

Umuturage arasaba Kiliziya miliyoni 500Frw ku butaka bwe kugirango bagure ahabera isengesho Kwa YEZU Nyirimpuhwe

Ruhango: Rwagashayija Boniface ufite ubutaka Abihayimana bifuza kwaguriraho ahabera Isengesho, avuga ko ababushaka bagomba kumuha Miliyoni 500Frws. Mbere y’uko Rwagashayija…

3 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

M23 iri kugabwaho ibitero simusiga n’ibihugu bitatu birimo n’Ububiligi

Nyuma y’ifatwa ry’Umujyi wa Goma, umujyi munini mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku itariki ya 27 Mutarama,…

8 Min Read
AMAKURUUBUREZI

NESA yatangajwe igihe abanyeshuri bazakorera ibizamini bya Leta

Kuri iki Cyumweru Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizami n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje ko ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza bizatangira ku…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?