igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Iby’ingenzi wamenya kuri Papa mushya (Leo XIV)
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Iby’ingenzi wamenya kuri Papa mushya (Leo XIV)
AMAKURUMU MAHANGA

Iby’ingenzi wamenya kuri Papa mushya (Leo XIV)

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 9, 2025 12:06 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Karidinali Robert Francis Prevost wo muri Amerika yatorewe kuba papa wa 267 Nyuma y’amatora y’abakaridinali yabaye inshuro 3 zose asise Kiliziya gaturkika ku isi ifite Papa leo XIV.

Karidinali Prevost, afite imyaka 69, kuko yavutse 14 nzeri 1955 akaba akomoka mugi wa chicago, muri leta ya Illinois, ho muri Leta zunze ubumwe za Amerika ni papa wa mbere ukomoka aha. Izina ry’ubushumba ubu ni papa wa Leo XIV.

Mu byo yakoze harimo kuba yarabaye umumisiyonari muri Amerika y’Epfo kandi yaherukaga kuba umuyobozi w’ibiro by’iyogezabutumwa bya Vatikani. Mu mirimo azakora azashingira ku mavugurura Papa Fransis yasize mbere yo kwitaba Imana.

Yakoze imyaka icumi i Trujillo, muri Peru, nyuma aza kugirwa umwepiskopi wa Chiclayo, undi mujyi wa Peru, aho yakoreye kuva 2014 kugeza 2023. Prevost ifite kandi pasiporo ya Peru ndetse yabaye umuturage wa Peru kuva mu 2015.

Mu kiganiro na Vatikani News nyuma gato yo kuba umuyobozi wa Dicasteri y’Abepiskopi, Prevost yagize ati: “Ndacyibwira ko ndi umumisiyoneli. Umuhamagaro wanjye, kimwe n’uw’umukristo wese, ugomba kuba ubumisiyoneli, kwamamaza Ubutumwa bwiza aho umuntu ari hose.”

Kuri ubu idimi abasaha kuvuga neza ku buryo azikoresha mu iyogezabutumwa ni Icyongereza, Icyesipanyolo, Igitaliyani, Igifaransa, n’Igiporutugali, gusa ashobora gusoma byonyine Ikilatini n’Ikidage.

Kuri uyu mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 08 Gicurasi 2025, i Vatican hejuru ya Chapele ya Sistine hazamutse umwotsi w’umweru, bivuze ko Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi yabonetse.

Karidinali Protodeacon Dominique Mamberti, niwe watangaje ko Papa mushya yabonetse.

Yagize ati: “N’umunezero mwinshi ndabamenyesha ko dufite Papa. Nyiricyubahiro Nyagasani Robert Francis Karidinali w’Itorero ryera wafashe izina Leo XIV.”

Papa abonetse nyuma y’uko amatora y’ejo ku wa 07 Gicurasi no mu gitondo cy’uyu wa kane hazamautse umwotsi w’umukara, usobanuye ko yari ataraboneka.

Papa Leo XIV asimbuye Papa Francis witabye Imana ku wa 21 Mata 2025 azize indwara z’ubuhumekero yari amarenye iminsi.

Pope Leo XIV appears on the balcony of St. Peter’s Basilica to greet the faithful for the first time as the 267th Pope. pic.twitter.com/tsA1a0XSOM

— Vatican News (@VaticanNews) May 8, 2025

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Rutsiro: Umurambo w’umugabo w’imyaka 30 wasanzwe iruhande rw’akabari
Next Article EUROPA LEAGUE: Manchester United igeze ku mukino wa nyuma inanyagiye Athletic Club
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

U Bwongereza: Abahamwe n’ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bagiye kujya bahabwa imiti igabanya ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina
May 24, 2025
REG VC mu kwitegura Shampiyona igiye kuza, yatangiye kwibikaho abakinnyi
May 23, 2025
Kaminuza ya Harvard yajyanye Leta Zunze ubumwe za Amerika mu nkiko
May 23, 2025
Kuki Abanyamakuru batajya bubaka ingo ngo zirambe? Dore abanyamakuru babishoboye
May 23, 2025
Human right watch yamaganye ubwicanyi bukorwa n’abarwanyi ba Wazalendo
May 23, 2025

You Might Also Like

AMAKURUPOLITIKE

Perezida Donald Trump yavuze ku bibazo bya Congo n’u Rwanda, ashimangira uruhare rw’intumwa ya Amerika mu kugarura ituze

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko adafite uruhare rugaragara mu bibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi…

3 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho ibihano kuri Sudan kubera ikoreshwa ry’intwaro kirimbuzi mu ntambara barwana na RSF

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Sudan birimo guhagarika kohereza ibicuruzwa, inkunga n’inguzanyo, nyuma y’uko icyo gihugu cyashinjwe kwica…

1 Min Read
MU MAHANGA

CIA yahishuye byinshi ku rupfu rwa Hitler Adolf rwari rwarabaye amayobera

Adolf Hitler benshi bamwize mu ishuri abandi babyumva ahantu hatandukanye ko uwari umuyobozi w’Ishyaka ry’aba-Nazi yapfuye yiyahuye aho bivugwa ko…

3 Min Read

I KIGALI: POLICE Y’U RWANDA YATAYE MURI YOMBI ABAJURA RUHARWA BASHINJWA UBUJURU BWIBISHA IBYUMA.

Abajura bane bari ruharwa batawe muri yombi bafatanwa ibyuma bakoreshaga bambura abaturage nk'uko byatangajwe n'umuvugizi wa police y'u Rwanda. Kuri…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?