igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Impanuka y’ubwato muri DRC ihitanye abantu 50
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Impanuka y’ubwato muri DRC ihitanye abantu 50
AMAKURUMU MAHANGA

Impanuka y’ubwato muri DRC ihitanye abantu 50

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 18, 2025 1:18 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Inkongi y’umuriro yafashe ubwato bukozwe mu mbaho bwari butwaye abarenga 400 ubu abagera kuri mirongo 50 bakaba bamaze kuburira ubuzima muri iyo mpanuka.

Iyi mpanuka yabereye mu ruzi rwa Congo aho ubu bwato bwari butwaye abasaga 400 naho abagera kuri 50 bagahita bahaburira ubuzima ni mu gihe kandi inzego z’ubuyobozi zatangaje ko abantu amagana bamaze gutabarwa gusa hakaba hakiri ababuriwe irengero.

Ushinzwe ubugenzuzi mu ruzi rwa Congo, witwa Loyoko, yatangarije itangazamakuru ko mu byagaragajwe n’iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko icyateye iyo mpanuka, ari uko umwe mu bagenzi yari arimo atekera aho mu bwaho bihita biba intandaro y’inkongi.

Ubu bwato bwitwa HB Kongolo, bwakoze impanuka ubwo bwarimo buva ku cyambu cya Matankumu bugana muri teritwari ya Bolomba. Abenshi mu baburiye ubuzima bwabo muri iyi mpanuka higanjemo abagore n’abana cyane ko abenshi batabashije koga, ubutabazi buracyakorwa aho bagishakisha indi mibiri itarabaneka.

Mu gihugu cya Congo si ubwa mbere havuzwe impanuka nk’izi cyane ko mu mwaka ushize nabwo kandi abagera kuri 38 baburiye ubuzima bwabo mu mpanuka y’ubwato nyuma yo kurohama mu ruzi rwa Congo. Ubu bwato byemejwe ko bwarohamye biturutse ku bucucike bw’abantu benshi bari muri ubu bwato.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article DRC: Umucanshuro yemereye Leta kuyicungira ibirombe by’amabuye y’agaciro
Next Article Impanuka ikomeye y’imodoka eshatu ibereye i Kanyinya ihitana babiri, abandi barakomereka bikabije
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Umuyobozi ukomeye mu Burundi yagaragaje ko Perezida Kagame yashatse kwiyunga na Nkurunziza bikanga
May 23, 2025
Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde Narendra Modi yatangaje ko u Buhinde bwafungiye amazi igihugu cya Pakistan
May 23, 2025
Justin Bieber yabaye iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga
May 23, 2025
Jennifer Lopez yajyanywe mu nkiko azira amafoto yashyize ku mbuga nkoranyambaga
May 23, 2025
Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo agiye kugeza ijambo ku Banye-Congo nyuma yo kwamburwa ubudahangarwa
May 23, 2025

You Might Also Like

AMAKURUPOLITIKE

U Rwanda na DRC ntabwo ari nk’ Uburusiya na Ukraine – ibyo u Rwanda rwabeshyuje amahanga.

Ibihugu  by’amahanga by’umwihariko iby’u Burayi, Sena y’u Rwanda yabibeshyuje ku byo gushinja u Rwanda kuba mu ntambara  Repubulika Iharanira Demokarasi…

4 Min Read
AMAKURU

Ibisasu bya rutura biturutse mu mutwe wa Rapid Support Forces (RSF) byibasiye ingoro ya Perezida wa Sudani

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 1 Gicurasi 2025, ibisasu bya rutura biturutse mu mutwe wa Rapid Support Forces (RSF)…

1 Min Read
AMAKURU

U Rwanda rwamurikiye umujyanama wa perezida Trump ikirombe cya mbere muri Africa yosegicukurwamo amabuye ya Wolfram

Umujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos, yasuye ikirombe cy’amabuye y’agaciro cya Nyakabingo, gicukurwamo wolfram…

2 Min Read
AMAKURU

Papa Léon XIV yimitswe ku mugaragaro

Papa Léon XIV umaze iminsi icumi atorewe kuyobora Kiliziya Gatolika ku Isi, nka Papa wa 267, yimitswe ku mugaragaro, yongera…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?