igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Intambara ya Ukraine n’u Burusiya ntizarangira vuba – James David Vance
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Intambara ya Ukraine n’u Burusiya ntizarangira vuba – James David Vance
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Intambara ya Ukraine n’u Burusiya ntizarangira vuba – James David Vance

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 2, 2025 9:12 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

James David Vance, Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko  intambara iri guhuza u Burusiya na Ukraine nta kizere cy’uko izarangira , avuga ko igikenewe ari uko Ukraine n’u Burusiya byashaka igisubizo, nubwo atari inzira yoroshye.

Yatangaje ko igikenewe ari uko intambara irangira, cyane ko yica abasirikare benshi, dore ko abarenga ibihumbi bitanu bapfa buri cyumweru ku mpande z’abarwanira ibihugu byabo.

James David Vance yakomeje avuga Amerika izakomeza kugira uruhare mu biganiro bigamije guhagarika imirwano gusa avuga ko atari inzira y’ubusamo dore ko impande zombi zitumvikana ku ngingo nyinshi, haba zo  kuba Crimea yigaruriwe n’u Burusiya mu 2014 yaba igice cyayo Ukraine ikabyemera itazuyaje.

Vladimir Putin Perezida w’u Burusiya, yari aherutse gushyiraho ibihe by’agahenge k’iminsi itatu, kugira ngo hizihizwe isabukuru y’imyaka 80 Intambara y’Isi ya Kabiri irangiye. Ukraine yahise isaba ko ako gahenge kamara iminsi 30, gusa u Burusiya ntibwabyemera cyangwa ngo bubihakane.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Gen Muhoozi yigambye gufunga umurinzi wa Bobi Wine
Next Article Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) wemeje ko ingabo zayo ziri kuva muri RDC
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Umuyobozi ukomeye mu Burundi yagaragaje ko Perezida Kagame yashatse kwiyunga na Nkurunziza bikanga
May 23, 2025
Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde Narendra Modi yatangaje ko u Buhinde bwafungiye amazi igihugu cya Pakistan
May 23, 2025
Justin Bieber yabaye iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga
May 23, 2025
Jennifer Lopez yajyanywe mu nkiko azira amafoto yashyize ku mbuga nkoranyambaga
May 23, 2025
Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo agiye kugeza ijambo ku Banye-Congo nyuma yo kwamburwa ubudahangarwa
May 23, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Karongi: Abantu babiri barimo umugabo n’umukecuru bapfiriye mu rugomo

Mu Karere ka Karongi abakora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro bunyuranyije n’amategeko bateje urugomo, rupfiramo abantu babiri barimo umugabo n’umukecuru, batatu batabwa…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Perezida wa Ukraine yahagaritse urugendo rwe muri Afrika y’epfo by’ikitaraganya

Vladimir Zeresky yatangaje ko ahagaritse urugendo yarari kugirira mu gihugu cya Afrika y'epfo bitunguranye nyuma yo kumva ko igihugu cye…

1 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

Perezida Donald Trump yavuze ko atazi igihugu cya Congo

Perezida Donald Trump yakoze mu jisho Abanyekongo atangaza ko atazi icyo Congo ari cyo usibye kuba yumva ko abantu benshi…

3 Min Read
AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

Manchester United ikoze ibyananiye Real Madrid

Mu mikino ya UEFA Europa League muri imwe cya kane k'irangiza ikipe ya Manchester United isezereye bigoranye ikipe ya Olympique…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?