igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Isi yose ihanze amaso I Vatican Papa mushya yabonetse kuko umwotsi wera wazamutse
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Isi yose ihanze amaso I Vatican Papa mushya yabonetse kuko umwotsi wera wazamutse
AMAKURUMU MAHANGA

Isi yose ihanze amaso I Vatican Papa mushya yabonetse kuko umwotsi wera wazamutse

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 8, 2025 6:58 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Umwotsi w’umweru wamaze  kugaragara i Vatican. Imbaga  yabahateraniye yose irangamiye ku nyubako ya Chapel ya Sistine.

Biragaragara ko inzira yo gutora yarangiye kandi abakaridinari bahisemo uzasimbura Papa Fransisko.

Kugeza ubu ntiharamenyekana uwatoranijwe, gusa baraza gutangaza utowe aho bagira bati ‘ubu dufite Papa’ abari aho bose bahanze amaso ku rubaraza rwo hejuru ku nyubako ya Chapel ya Sistine, nibura biteganjijwe ko mu isaha imwe ari bwo bari butangaze papa mushya Usimbura Francis.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Ibikoresho bya SAMIDRC byanyujijwe mu Rwanda bigeze ku cyiciro cya gatatu
Next Article Cardinal Robert Francis Prevost wo muri Amerika ni we watorewe kuba Papa mushya afata izina ry’ubutungane rya Leon XIV
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

U Burusiya bukomeje kugaba ibitero muri Ukraine mu gihe bari bumvikanye agahenge
May 12, 2025
Icyiciro cya mbere cy’abazungu bivugwa ko bahohoterwa muri Afrika y’Epfo cyatwawe muri Amerika
May 12, 2025
Perezida Kagame Yitabiriye Inama y’Abayobozi b’Ibigo muri Côte d’Ivoire
May 12, 2025
Hamas igiye kurekura imbohe y’Umunyamerika wa nyuma mu bafatiwe muri Israheli
May 12, 2025
Inteko ishinga amategeko ya Afurika y’Epfo igiye gukora iperereza ku ngabo zayo zagiye kurwanya M23
May 12, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

Mu birindiro bwa SADC hasanzwemo FDRL, FARDC hamwe na Wazalendo

M23 yasanze abasirikare ba DRC hamwe na Wazalendo utibagiwe na FDRL ibintu bafashe nk'akagambane gakomeye cyane kakozwe na SADC. Werurwe…

2 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

U Rwanda na DRC basinye amasezerano y’amahoro muri USA

U Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo basinye amasezerano ategura amamsezerano y'amahoro aho bayasinyiye muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika…

3 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Ni iki kizava mu biganiro bya M23 na Leta ya Congo bizabera i Doha?

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na M23 biteganyijwe ko bazahurira mu biganiro ku wa 09 Mata 2025 i…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Muri White house ishyamba si ryeru namba

Umukire wa mbere ku isi y'abazima yashamiraniye muri white house na Minisitire w'imari Scott Bessent, bapfa umuyobozi ushinzwe imisoro aho…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?