igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Jose Chameleone yashimiye Perezida Kagame, avuga ko u Rwanda ari igihugu cy’icyitegererezo
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMYIDAGADURO > Jose Chameleone yashimiye Perezida Kagame, avuga ko u Rwanda ari igihugu cy’icyitegererezo
IMYIDAGADURO

Jose Chameleone yashimiye Perezida Kagame, avuga ko u Rwanda ari igihugu cy’icyitegererezo

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: May 25, 2025 8:19 am
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Umuhanzi w’icyamamare muri Afurika y’Iburasirazuba, Jose Chameleone, uri mu Rwanda aho yitabiriye igitaramo gikomeye kibera muri Kigali Universe ku wa Gatandatu tariki ya 24 Gicurasi 2025, yagaragaje ibyishimo n’ishimwe rikomeye afitiye Perezida Paul Kagame

Mu kiganiro n’itangazamakuru, Chameleone yashimangiye ko u Rwanda rwateye imbere mu buryo bugaragara, ashimira Perezida Kagame ku ruhare rwe mu guteza imbere igihugu.

Uyu muhanzi ukomoka muri Uganda wagarutse i Kigali nyuma y’imyaka umunani adataramira mu Rwanda, yavuze ko yishimiye uburyo igihugu cyahindutse, haba mu bijyanye n’imibereho myiza, umutekano n’imiyoborere. Chameleone yanagaragaje ko afitiye Abanyarwanda urukundo rudasanzwe, agaragaza ko imico yabo imutera ishema.

Yavuze kandi ko yashimye Perezida Kagame no ku mbuga nkoranyambaga ze, amwifuriza ishya n’ihirwe mu nshingano ze nshya nyuma yo kongera gutorerwa indi manda y’imyaka itanu ku wa 15 Nyakanga 2024.

Jose Chameleone yasesekaye i Kigali ku wa Kane tariki ya 23 Gicurasi 2025, aherekejwe na Teta Sandra, umufasha wa Weasel, mugenzi we wo mu itsinda rya Goodlyfe. Baje bitabiriye igitaramo cyateguwe nk’umwanya wo guhuza abakunzi b’umuziki w’akarere, by’umwihariko abibuka uruhare rwa Chameleone mu guteza imbere injyana ya Afurika y’Iburasirazuba.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Ishimwe Vestine na Idrissa Ouédraogo aho bazakorera ubukwe hamenyekanye
Next Article Abakozi bane b’abakobwa b’ikigo Access to Finance Rwanda (AFR) bahawe buruse zo kujya kwiga mu Bwongereza
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Inyandiko z’umuvandimwe wa Papa Léon XIV zateje ururondogoro mu batuye Isi
May 25, 2025
Umunyemari Elon Musk yatangaje ko yasezeye akazi yari afite muri Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika
May 25, 2025
Abatwara taxi mu Bufaransa bariye karungu nyuma y’uko Guverinoma ifashe ibyemezo itabagishije inama
May 25, 2025
Abayobozi batatu b’uruganda rw’ubwato rwa Chongjin bafunzwe bazira impanuka y’ubwato bwa gisirikare muri Koreya ya Ruguru
May 25, 2025
Ku kibuga k’indege cya Tanzaniya hafatiwe Amabuye y’agaciro ya Diamants afite agaciro ka miliyoni 900
May 25, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMYIDAGADURO

Nahombye kuba ntarabaye umusirikare – Tom Close

D.r Muyombo Thomas ukoresha amazina y’ubuhanzi nka Tom Close yavuze ko iyo ari kureba ifoto y’ababyeyi be bombi bambaye imyamabaro…

2 Min Read

Hari ibazwa byinshi ku mpamvu zateye Wizkid gusi

IMYIDAGADURO

Aline Gahongayire yatangaje ko amaranye igihe kirekire uburwayi bwa Diabet

Aline Gahongayire yatangaje ko yaramaranye uburwayi bwa Diabet imyaka irenga 20 ubwo yari mu kiganiro n'itangazamakuru. Umuhanzikazi w'indirimbo zo kuramya…

2 Min Read
AMAKURUIMYIDAGADURO

Sadate Munyakazi: “Mu rugo rwacu, imodoka ihenze kurusha izindi ni iy’umugore wanjye, si iyanjye.”

Mu kiganiro kihariye umunyemari akaba n’umuherwe Munyakazi Sadate yagiranye n’Ikinyamakuru IGIHE yagarutse kuri byinshi abantu batazi cyangwa bajya bibeshyaho ku…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?