igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Kigali: umugore yatwikishije umugabo we isombe nyuma yo kumusangana indaya
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Kigali: umugore yatwikishije umugabo we isombe nyuma yo kumusangana indaya
AMAKURU

Kigali: umugore yatwikishije umugabo we isombe nyuma yo kumusangana indaya

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 17, 2025 8:08 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Muri Kimisagara ho mu mujyi wa kigali umugore wari utuye aho yatwitse umugabo we akoresheje isombe yari ihiye amutwika wese ubwo yasangaga uyu mugabo ari gusangira n’indaya mu kabari.

Amakuru dukesha bamwe mu baturanyi babonye iki gikorwa avuga ko uyu mugore ukekwaho iki cyaha yatetse isombe maze igashya cyane maze agahengera umugabo aryamye yasinziriye akamumenaho iyi sombe agahita ahunga gusa kubwa amahirwe ye macye bikarangira atawe muri yombi akaba ari gukurikiranwa n’ubutabera.

Uyu mugore ukurikiranywe n’Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge, dosiye ye yagejejwe mu  rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge.

Ubushinjacyaha butangaza ko uyu mugore wo mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge akekwaho icyaha cyo gukomeretsa umugabo we w’imyaka 40 amumennyeho isombe ishyushye.

Ubushinjacyaha bwatangaje ko  uregwa yemera icyaha; avuga ko yabitewe n’umujinya kuko yamusanze yicaye mu kabari asangira n’uwo yita indaya.

Itegeko rivuga ko iyo icyaha cyakorewe umwana, umubyeyi, uwo bashyingiranywe cyangwa umuntu udashoboye kwitabara kubera imiterere ye ku mubiri cyangwa mu bwenge, uwakoze icyaha ahanishwa igifungo kitari munsi y’umwaka 1 ariko kitarenze imyaka 3 n’ihazabu itari munsi ya 300.000 FRW ariko itarenze 500.000 FRW.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umukecuru w’imyaka 80 yakatiwe gufungwa imyaka 4 muri gereza nyuma yo gukubita umwuzukuru we kampambiri
Next Article Rayon Sport igomba gusubira i Huye, ibya Mpaga byanzwe
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Karongi: Mu mezi abiri abibasiwe n’ibiza bagiye gukorerwa ikintu gikomeye
May 23, 2025
U Bufaransa bwamaganye ibirego bya Israel, buvuga ko iri kubiba urwango
May 23, 2025
Abantu barenga ibihumbi 10 basanzwemo indwara ya Malariya mu Mujyi wa Kigali
May 23, 2025
Umuyobozi ukomeye mu Burundi yagaragaje ko Perezida Kagame yashatse kwiyunga na Nkurunziza bikanga
May 23, 2025
Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde Narendra Modi yatangaje ko u Buhinde bwafungiye amazi igihugu cya Pakistan
May 23, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMYIDAGADURO

Aisha yavuze ko atari azi ubusobanuro bw’amagweja ubwo yabivugaga

Inkindi Nadine Aisha usanzwe ari umwe mu bakobwa bazwi ku mbuga nkoranyambaga mu Rwanda, yavuze ko umwaka ushize ubwo yitaga…

2 Min Read
AMAKURU

Leta yamaganye ibihuha bivuga Perezida Kiir yitabye Imana

Minisiteri y'ububanyi n'amahanga yo muri Sudani y'epfo yamaganye abantu bakwije ibihuha ku mbuga nkoranyambaga ko Perezida Sarva Kiir yitabye Imana.…

1 Min Read
AMAKURU

Perezida Kagame: “Uzashaka kudutegeka uko tubaho nzamubwira nti jya ikuzimu”

Mu butumwa bukomeye yatanze ku wa 7 Mata 2025 mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi…

2 Min Read
AMAKURU

Trump agiye kwirukana intasi za Amerika

Ubutegetsi bwa Trump burateganya kugabanya abakozi bakora mu Rwego rw’Igihugu rw’Iperereza, CIA, no mu zindi nzego z’ubutasi muri gahunda ikomeje…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?