igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Mike Waltz, yakuwe ku nshingano na Perezida Trump
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Mike Waltz, yakuwe ku nshingano na Perezida Trump
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Mike Waltz, yakuwe ku nshingano na Perezida Trump

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 2, 2025 9:37 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika yakuye ku nshigano Mike Waltz wari umujyanama mu bya Gisirikare w’iki gihugu bikaba bivugwa ko ashobora koherezwa kuba ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Mu butumwa bwa Donald Trump yanyuje kuri X yashimiye uyu Mike Waltz ku muhate yagiraga mu kazi ndetse atangaza ko inshingano ze zibaye zihawe Marco Rubio Usanzwe ari umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za America ndetse uyu Mike Waltz azakomeza kuba umudipolomate w’iki gihugu.

Gusa amakuru Dukesha BBC avuga ko mu byo uyu waltz yirukaniwe harimo no kuba yarakoraga amakosa akinjiza abanyamakuru ku rubuga igisirikare cya amerika kiganiriraho ibya gisirikale n’andi mabanga yabo.

Uyu mugabo abaye uwa mbere uturuka muri Leta ya Florida wirukannwe mu biro by’umukuru w’igihugu white house.

Andi makuru dukesha CBS news cyo muri iki gihugu avuga ko uyu Mike Waltz yaba yari yamaze kugirwa umunyamabanga wa Leta mu muryango w’ Abibumbye UN mbere y’uko n’iri tangazo rishyirwa hanze.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Ubuyobozi bwa Perezida wa Amerika Donald Trump burashaka kohereza abimukira mu Rwanda
Next Article Umuturage arasaba Kiliziya miliyoni 500Frw ku butaka bwe kugirango bagure ahabera isengesho Kwa YEZU Nyirimpuhwe
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Umuyobozi ukomeye mu Burundi yagaragaje ko Perezida Kagame yashatse kwiyunga na Nkurunziza bikanga
May 23, 2025
Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde Narendra Modi yatangaje ko u Buhinde bwafungiye amazi igihugu cya Pakistan
May 23, 2025
Justin Bieber yabaye iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga
May 23, 2025
Jennifer Lopez yajyanywe mu nkiko azira amafoto yashyize ku mbuga nkoranyambaga
May 23, 2025
Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo agiye kugeza ijambo ku Banye-Congo nyuma yo kwamburwa ubudahangarwa
May 23, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Impunzi yaguye mu mubyigano wo gufata ibyo kurya

Mu gihugu cya Kenya mu Ntara ya Garrisa, umwuka mubi watutumbye mu nkambi ya Garissa ubwo habaga umubyigano w'abantu benshi…

1 Min Read
AMAKURU

Perezida Donald Trump yirukanye Doug Emhoff, umugabo wa Kamala Harris wahoze ari Visi Perezida

Perezida Donald Trump ukomeje gucisha umweyo mu bayobozi batandukanye muri Guverinoma n’ibigo bya Leta, yirukanye Doug Emhoff, umugabo wa Kamala…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Tanzania: Abayobozi b’ishyaka rikomeye ritavuga rumwe n’ubutegetsi barisezeye

Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania, Chadema, ryahuye n’ihungabana rikomeye nyuma y’uko abantu 13 bo mu bayobozi bakuru baryo beguye…

3 Min Read
AMAKURU

Ihuriro rya AFC/M23 ryasabye ingabo za SADC kuva mu mujyi wa Goma vuba na bwangu

Ihuriro rya AFC/M23 ryashinje ingabo za SADC kugira uruhare mu gitero giherutse kubagabwaho mu mujyi wa Goma, babasaba guhita basohoka…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?