igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Mu bwongereza kwitwa umugore byahawe umuronko mushya
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > MU MAHANGA > Mu bwongereza kwitwa umugore byahawe umuronko mushya
MU MAHANGA

Mu bwongereza kwitwa umugore byahawe umuronko mushya

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 17, 2025 12:23 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Urukiko rw’ikirenga rwemeje ko kwitwa umugore bigiye kujya bishingira ku gitsina wavukanye aho byagenderwaho kubera amarangamutima

Igihugu cy’Ubwongereza muri iyi minsi kirimo guhura n’abantu benshi bagaragaje ko bishimira kwitwa abagore nyamara baravutse ari abagabo ndetse abenshi bagiye bahinduza igitsina bagahinduka abagore. Ibi byagiye byigaragaza cyane mu bihugu nka Ecosse, u Bwongereza na Wales.

Itsinda ry’abagore bo muri Eccosse baherutse kuregera urukiko ko barenganurwa bavuze ko abagabo bahinduje igitsina bidakwiye ko bitwa abagore ko kwitwa umugore byaharirwa abavukanye igitsina gore kuko byaba ari akarengane kuri bo.

Mu busanzwe amategeko aho muri Ecosse agena ko umuntu wese wihinduje igitsina akaba afite urupapuro yahawe n’inzego zibishinzwe arengerwa n’amategeko yo kwitwa umugore. Urukiko rwasobanuye ko ijambo ‘umugore’ n’igitsina ari mu itegeko ryo mu 2010 rivuga ku buringanire bw’abantu imbere y’amategeko, yombi asobanuye uwavutse ari umugore n’igitsina umuntu yavukanye.

Muri iki gihe hakomeje kugenda hiyongera umubare w’abihinduza igitsina ndetse ugasanga umubare munini ni uwabihinduje igitsina bashaka guhinduka abagore ibintu byagiye akenshi bitavugwaho rumwe biturutse ku kuba hari abahitaga bagira amahirwe yo guhatanira imyanya y’abagore nko mu mikino usanga abagabo bihinduje aribo bagiye batsinda amarushanwa runaka.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Ingabo z’u Burundi zishiriye mu Mirwano Ikomeye ibereye Rugezi, muri Kivu y’Amajyepfo
Next Article U Rwanda rwasinyanye andi masezerano n’ikipe ya PSG yo gukomeza gukorana
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

U Bwongereza: Abahamwe n’ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bagiye kujya bahabwa imiti igabanya ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina
May 24, 2025
REG VC mu kwitegura Shampiyona igiye kuza, yatangiye kwibikaho abakinnyi
May 23, 2025
Kaminuza ya Harvard yajyanye Leta Zunze ubumwe za Amerika mu nkiko
May 23, 2025
Kuki Abanyamakuru batajya bubaka ingo ngo zirambe? Dore abanyamakuru babishoboye
May 23, 2025
Human right watch yamaganye ubwicanyi bukorwa n’abarwanyi ba Wazalendo
May 23, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

Hamenyekanye agace abarwanyi ba AFC/M23 bikuyemo ko muri Kivu y’Amajyepfo

Abarwanyi b’umutwe wa M23, ubarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC), bivanye mu gace ka Luhihi gaherereye muri teritwari…

3 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Ubwongereza bugiye gufasha Ukraine mu kubaka igisirikare cyahangana n’Uburusiya mu gihe ibiganiro by’amahoro bikomeje

John Healey, Umunyamabanga wa Minisiteri y’ingabo mu Bwongereza, yatangaje ko Ubwongereza bugiye kohereza abasirikare gufasha iki gihugu kongera kubaka igisirikare…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

DRC/ITURI: Inyeshyamba za ADF ziri kwaka abahinzi amadorari 10 kugirango bemererwe Guhinga

Aho abarwanyi b’uyu mutwe bari mu mijyi yo mu cyaro mu turere twa Mambasa na Irumu ho mu ntara ya…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Abahagarariye AFC/M23 mu biganiro by’amahoro basubiye muri Qatar

Ni ibiganiro by’amahoro bimaze igihe kirenga ukwezi bibera muri Qatar, ngo harebwe ko hagaruka agahenge ndetse hahoshwe umwuka mu hagati…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?