igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Munyakazi Sadate wabaye Perezida wa Rayon Sports yemereye Perezida Kagame ibikombe mpuzamahanga
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Munyakazi Sadate wabaye Perezida wa Rayon Sports yemereye Perezida Kagame ibikombe mpuzamahanga
AMAKURUIMIKINO

Munyakazi Sadate wabaye Perezida wa Rayon Sports yemereye Perezida Kagame ibikombe mpuzamahanga

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: May 25, 2025 9:03 am
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Munyakazi Sadate wabaye Perezida wa Rayon Sports yemereye Perezida wa Repubilika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuzamuha Ibikombe mpuzamahanga igihe kimwe.

Kuwa Gatandatu tariki 24 Gicurasi 2025 nibwo Perezida Kagame abinyujije kuri X ye yashimiye ikipe ya Arsenal y’Abagore yegukanye igikombe cya UEFA Champions League.

‎Yanditse ati: “Kuri Arsenal yatwaye igikombe cya UEFA Champions League y’abagore, Ndabashimiye,mwari mugikwiye”.

‎‎Munyakazi Sadate nawe abinyujije kuri X yagiye ahatangirwa ibitekerezo kuri ubu butumwa, yemerera Perezida Kagame kuzamuha ibikombe mpuzamahanga bijyanye n’uko akunda siporo ntawe ubishidikanyaho.

‎‎Yanditse ati: “Ubu butumwa busobanuye urugero rw’umukunzi ukunda umupira w’amaguru. Nyakubahwa Perezida wa Repulika ukunda siporo by’umwihariko umupira ibi ntawubishidikanyaho, igihe kimwe, umunsi umwe nzaguhereza ibikombe mpuzamahanga, uzabiterura rwose ibi ndabihigiye, bizaza bisesekare iwacu i Rwanda kuko mbona ariyo nyiturano ukwiriye. Inzira irashoboka kuko tugufite ahasigaye ni twe. Imana izabimfashemo.”

‎‎Munyakazi Sadate yanditse ibi mu gihe mu minsi yashize yavuze ko yifuza kugura ikipe ya Rayon Sports yigeze kubera umuyobozi, gusa agasubizwa ko itagurishwa ahubwo ko igurwamo imigabane.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Jose Chameleon yabwiye ijambo rikomeye abahanzi bakora umuziki
Next Article Jose Chameleon yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru nyuma yo kuva i Nyamirambo yishimiye ubwiza bwaho
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Executive Assistant | QA Venue Solutions Rwanda (QAVSR) Deadline 30-05-2025
May 25, 2025
Dore impamvu ikomeye ituma ugomba kugira ‘bestie’ mu kazi 
May 25, 2025
Bimera bite gukundana n’umusore utarakandagiye mu ishuri
May 25, 2025
Uwari uhagarariye u Bwongereza muri Miss World yivanye muri iri rushanwa.
May 25, 2025
Ingabo z’u Rwanda zakoreye ibidasazwe abagore bo muri Sudani y’Epfo
May 25, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Perezida w’u Rwanda n’uwa Misiri bagiranye ikiganiro ku bufatanye

Perezida w'u Rwanda Paul Kagame yagiranye ibiganiro n'uwa Misiri hifashishijwe terefone, ibiganiro byagarutse ku gukomeza kugira ubufatanye hagati y'u Rwanda…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

U Burusiya bwaburijemo ibitero bya drones zirenga 100 byari bigamije kuburimbura

Minisiteri y’Ingabo mu Burusiya yatangaje ko yakumiriye igitero gikomeye cy’ibisasu bya za ’drones’ zirenga 100, cyari giturutse muri Ukraine mu…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAUTUNTU N' UTUNDI

Umushinwa wigana Donald Trump akomeje gukurura abatari bake ku mbuga nkoranyambaga

Mu gihugu cy’u Bushinwa, haravugwa umugabo witwa Chen Rui, ukunzwe cyane ku rubuga nkoranyambaga rwa TikTok kubera ubuhanga budasanzwe afite…

3 Min Read
AMAKURU

RIB yataye muri yombi abanyamahanga batatu bakekwaho icyaha gikomeye

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu b’abanyamahanga bakekwaho gukora ubucuruzi bw’amafaranga mu buryo bunyuranyije n’amategeko, nubwo…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?