igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Muri Ukraine abagore bagiye gushirwa mu gisirikare ku itegeko
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > MU MAHANGA > Muri Ukraine abagore bagiye gushirwa mu gisirikare ku itegeko
MU MAHANGA

Muri Ukraine abagore bagiye gushirwa mu gisirikare ku itegeko

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 14, 2025 8:03 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Umuyobozi wungirije w’Ibiro bya Perezida wa Ukraine, Col. Pavel Palisa, yatangaje ko Ukraine nayo ikwiye gufata urugero nk’urwa Israel ikinjiza abagore mu gisirikare ku itegeko nayo.

Ubwo uyu mugabo Col. Pavel Palisa yaganiraga n’itangaza makuru kuri uyu wa 12 mata 2025 yatangaje ko igihe cyigeze ngo n’abagore nabo binjijwe mu gisirikare cy’igihugu yagaragaje ko abaturage bakwiye kumva ko kujya mugisirikare ari itegeko cyane ko aba ari igihugu cyabo baba barwanira. yikomye cyane abaturage banze kwinjira mu gisirikare ko aba badakwiye guhabwa amahirwe arimo nko guhabwa akazi ka leta ndetse ko na serivise za Leta bakwiye kuzimwa.

Ati “Niba umuturage avuga ko ashyigikiye Leta, akazi, uburezi, muri rusange, gusaba kwishyurwa mu ngengo y’imari ya Leta, bagomba kubanza gukorera igihugu, hakaba amasezerano ntarengwa, amara nibura umwaka mu gisirikare.”

Yakomeje asobanura ko mu gisirikare kigezweho haba harimo abagabo n’abagore nko muri Israel.

Ati “Hari akazi gatandukanye, uko kaba kameze kose, wenda dukwiriye kwigira kuri Israel kuko irabikora.”

Nyuma y’uko u Burusiya buteye Ukraine mu 2022, iki gihugu cyahise gishyiraho ibihe bidasanzwe ndetse gitangaza ko abagabo bari hagati y’imyaka 18 na 60 batemerewe kuva mu gihugu hagamijwe kongera umubare w’ingabo za Ukraine.

Ukraine ni igihugu muri iyi minsi gikomeje guhura n’ikibazo kibakomereye cyane kirimo kuba batagifite ingabo nyinshi biturutse ku gutakaza umubare munini w’abasirikare aha kurugamba rukomeje kubahanganisha n’Uburusiya urugamba rwamaze kuzuza imyaka itatu.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article UNICEF yashinje M23 kugira  uruhare mu ifatwa ku ngufu ry’abana bato muduce yigaruriye
Next Article Umugaba mukuru w’ingabo za Ethiopia yagiriye uruzinduko mu Rwanda ruzamara iminsi 4
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

PSG ikoze amateka kuri Allianz Arena itsinda Inter Milan ibitego 5-0, yegukana Champions League bwa mbere
May 31, 2025
Musanze: Inzoga y’inkorano yitwa Munanguzi ikomeje kubangamira abaturage
May 31, 2025
Joseph Kabila yahuye n’ubuyobozi bwa AFC/M23, bemeranya gukorera hamwe mu rugendo rwo kugarura amahoro muri DRC
May 31, 2025
Kate Bashabe yihanangirije abamushinja gushyingiranwa n’imbwa ye
May 31, 2025
Umubyeyi wa Rihanna yapfuye
May 31, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

Impamvu ikomeye yatumye Amerika ihagarika gutanga viza ku baturage ba Sudan y’Epfo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafashe icyemezo cyo guhagarika gutanga viza ku Banya-Sudan y’Epfo bose, nyuma y’uko guverinoma ya Sudan…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Urukiko rwo muri Tunisie rwakatiye umushoramari gufungwa imyaka 66

Umusoramari Kamel Eltaief, utavuga rumwe n’ubutegetsi akaba n’umushoramari hamwe na bagenzi be b’Abanyapolitiki, abashoramari ndetse n’abanyamategeko bakomeye batavuga rumwe n’ubutegetsi,baktiwe…

3 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Inyeshyamba za AFC/M23 zemeje ko abantu basaga 870 baguye mu rugamba rwo gufata umugi wa Goma

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko abantu 874 ari bo bapfuye ubwo ryari mu…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Amerika: Umugabo ukomoka muri Mexique yatawe muri yombi akurikiranyweho umugambi wo kurasa Donald Trump

Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (ICE), ku bufatanye n’Urwego rushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu (DHS),…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?