igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Nahombye kuba ntarabaye umusirikare – Tom Close
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Nahombye kuba ntarabaye umusirikare – Tom Close
AMAKURUIMYIDAGADURO

Nahombye kuba ntarabaye umusirikare – Tom Close

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 2, 2025 2:07 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

D.r Muyombo Thomas ukoresha amazina y’ubuhanzi nka Tom Close yavuze ko iyo ari kureba ifoto y’ababyeyi be bombi bambaye imyamabaro ya gisirikare asanga we yarahombye kuba nawe atarabaye umusirikare.

Ababyeyi ba Tom Close bombi bagize uruhare mu rugamba rwo kubohora Igihugu.
Tom ibi yabivuze ubwo yagiranaga ikiganiro n’ikigo k’igihugu cy’itangazamakuru RBA ubwo yabazwaga ikintu kimuza mu iyo abonye iyo foto y’ababye be.

Yasubije ati: “Iyo foto inyereka ko nahombye kuba ntarabaye umusirikare ni cyo kintu navuga muri ubu buzima ntabashije gukora, ariko ntawamenya sindapfa bishobora kuba impamvu yatuma nkijyamo.”

Yatangaje kandi ko kuba umuyobozi mu kigo gishinzwe gutanga amaraso byatumye y’umva ko akwiye gukora neza ku ruhande rwe nk’igihe na we abonye ngo atange umusanzu we mu iterambere ry’Igihugu.

Yagize ati: “Narinze izamu ryanjye, ubwo numvise ko niba umusirikare, umupolisi, abacuruzi n’abandi bose barimo gukora akazi kabo neza ku rwego rushimishije, nanjye numvise ko ari amahirwe mbonye yo gucunga izamu ryanjye cyane cyane ku maraso ni yo nshingano ya mbere numvise ko mfite.”

Ahantu hatandukanye yagiye agaragara aganira n’itangazamakuru, akunda kuvuga ko kuba umuganga abifata nk’umuhigo yesheje kuko yari yari yarahaye isezerano nyina ko azaba Muganga akamuvura. Ibi yabimubwiye ubwo yamusuraga kwa sekuru arwaye igifu.

Ababyeyi ba Tom Close bombi bagize uruhare mu rugamba rwo kubohora Igihugu.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Million 4 ku kiraro i Nyagatare hagarajwe uko zakoreshejwe
Next Article Inkuba Ziri ku isonga mu biza byahitanye benshi muri Werurwe – MINEMA
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Nyanza: Umusore ufite imyaka 18 yasabanyije inkoko kugeza ipfuye neza neza
May 19, 2025
Trump na Obama bavuze amagambo akomeye kuri Biden nyuma yo gusangwamo Kanseri
May 19, 2025
Abasenateri 40 ni bo bari gusuzuma niba Joseph Kabila yakwamburwa ubudahangarwa
Joseph Kabila mu mazi abira nyuma yaho ashyiriweho akanama kabasenateri 40 bari gusuzuma niba yakwamburwa ubudahangarwa
May 19, 2025
Igerageza ku rukingo rwa SIDA ryakorewe mu Rwanda, ryatanze icyizere
Icyizere ni cyose ku rukingo rwa SIDA rwakorewe isuzumwa mu Rwanda
May 19, 2025
Abanyarwanda 796 bari barafashwe bugwate na FDLR batashye
May 19, 2025

You Might Also Like

AMAKURUPOLITIKEUTUNTU N' UTUNDI

Dore Abaperezida 5 batsinzwe amatora bashaka kwiyongeza indi manda

Ibihugu bitandukanye ku isi bigira igihe manda y’umukuru w’igihugu Imara ayoboye, yarangira hakaba andi matora y’umukuru w’igihugu hakaba ubwo uwariho…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Umukecuru yajyanye inkoko ku ishuri ngo yishyurire abuzukuru amafaranga y’ishuri

Mu gihugu cya Kenya, haravugwa inkuru iteye agahinda ariko kandi inateye ishema n’amarangamutima ya benshi. Umukecuru witwa Consolata Oduya, utuye…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Gen Muhoozi Kainerugaba yashimye ubufatanye UPDF na RDF bafitanye, mu gihe Gen Mubarakh Muganga yatanze amasomo ya gisirikare muri UPDF

Umugaba Mukuru w’ingabo z’igihugu cya Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, na mugenzi we w’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, bongeye gushimangira ubufatanye…

2 Min Read
AMAKURU

Umunyamategeko wa Munyenyezi Beatrice yabwiye urukiko ko ubushinjacyaha bwagiye gukora iperereza rishya ku rwego rw’ubujurire bidakurikije amategeko

Me Bruce Bikotwa umwe mu banyamategeko bunganira Béatrice Munyenyezi yabwiye urukiko ko ubushinjacyaha bwagiye gukora iperereza rishya ku rwego rw’ubujurire…

4 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?