igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Ndi gupfa, ndumva uburibwe bukomeye – Eddie Mutwe
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > Uncategorized > Ndi gupfa, ndumva uburibwe bukomeye – Eddie Mutwe
Uncategorized

Ndi gupfa, ndumva uburibwe bukomeye – Eddie Mutwe

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 21, 2025 2:25 am
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri taliki 20 Gicurasi 2025, icyumba cy’urukiko cyari kirimo umutuzo mwinshi ubwo Edward Ssebuufu uzwi cyane ku izina rya Eddie Mutwe, yavugaga ku mibereho mibi yagize igihe yari mu maboko ya gisirikare, atangaza imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Masaka ati: “Buri munsi ibinini imiti 12 bigabanye ububabare.”

Mutwe wakoraga nk’umurinzi wa Robert Kyagulanyi, yongeyeho ati: “Ndapfa. Ndumva ububabare bukabije.”

Ati: “Niba bagomba guca amaboko, reka bikorwe ubu kugira ngo mbone amahirwe yo kwivuza kare.”

Mutwe yabitangaje ubwo yagaragaraga ari kumwe na bagenzi be bo mu ishyaka NUP Achileo Kivumbi, Kadhafi Mugumya, na Smart Wakabi, kubera ko bakurikiranyweho icyaha cy’ubujura bukabije.

Mu rubanza rwo kuri uyu wa Kabiri Taliki 21 Gicurasi 2025 iburanisharyaranzwe ituze ryinshi ndetse abaregwa bagejejwe mu rukiko barinzwe cyane. Itsinda ryabo ryemewe n’amategeko, riyobowe n’abavoka bakomeye mu bijyanye n’uburenganzira bwa muntu, Samuel Muyizzi, Benjamin Katana, na George Musisi, basabye ko abakurikiranyweho ibyaha babanza guhabwa abaganga babitaho kuko ngo bamaze igihe bafunzwe bakorerwa n’iyicarubozo.

Nk’uko dosiye ibashinja ibigaragaza, ushinjwa ngo yaba yarakoze ubujura mu myigaragambyo y’akurikiye ishyingurwa ry’uwahoze ari Depite wa Kawempe, Muhammad Ssegirinya ku ya 24 Mata 2025.

Leta ivuga ko uyu aka gatsiko kakoze ibikorw birimo  kwambura umusivili telefoni igendanwa n’amafaranga mu Karere ka Masaka.

Komisiyo ishinzwe uburenganzira bwa muntu muri Uganda (UHRC) mu ntangiriro z’uku kwezi yashyize hanze itangazo risaba kurekura ku mugaragaro Mutwe, kuko gufungwa kwe bidakurikije amategeko, gusa ibi igisirikare cyabiteye utwatsi.

Biteganijwe ko urubanza ruzasubukurwa kuri uyu wa gatatu aho hari bunagaragazwe raporo z’ubuvuzi zigaragaza uko ubuzima bw’ abaregwa buhagaze.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Ibihano bishya ku Burusiya
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Ndi gupfa, ndumva uburibwe bukomeye – Eddie Mutwe
May 21, 2025
Ibihano bishya ku Burusiya
May 21, 2025
BAL: APR BBC yatsindiwe mu maso y’Umukuru w’Igihugu
May 21, 2025
Trump yatangaje ko hari Jenoside iri gukorerwa abahinzi b’abazungu muri Afurika Y’Epfo
May 21, 2025
DRC: Uwahoze ari minisitiri w’intebe yakatiwe imyaka 10 akora imirimo y’agahato
May 20, 2025

You Might Also Like

AMAKURUUncategorized

RIB yataye muri yombi umugore ukurikiranyweho kwica uruhinja yari amaze kubyara

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umugore witwa Abizera Marie Assoumpta w’imyaka 27, ukomoka mu Karere ka Muhanga,…

2 Min Read
Uncategorized

Mu Bushinwa: Indege zitagira abapilote (Drone) zemerewe gutwara abagenzi

Ikigo gishinzwe iby’indege za gisivili mu Bushinwa (CAAC) cyahaye uburenganzira indege zitagira abapilote bwo gukora akazi ko gutwara abantu nk’uko…

1 Min Read
Uncategorized

Bugesera: Abagizi ba nabi bishe uwarokotse jenoside yakorewe abatutsi mu 1994

Mu karere ka bugesera harimo gushakishwa abagizi ba nabi bivuganye uwarokotse jenoside yakorewe abatutsi 1994 aho yishwe atewe ibyuma. Mu…

2 Min Read
Uncategorized

Rubavu: Umugabo yasanzwe muri Lodge yapfuye amazemo iminsi ibiri yose

Umugabo ukomoka mu Karere ka Rwamagana yasanzwe mu nzu icumbikira abantu (Lodge) yo mu Karere ka Rubavu yapfuye, Ubuyobozi bw’Akarere…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?