igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Ntwari Fiacre yatandukanye na Kaizer Chiefs
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Ntwari Fiacre yatandukanye na Kaizer Chiefs
AMAKURUIMIKINO

Ntwari Fiacre yatandukanye na Kaizer Chiefs

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: May 26, 2025 11:39 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Ntwari Fiacre Umunyezamu mpuzamahanga ukinira Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, (Amavubi)Ntwari Fiacre, yasezeye muri Kaizer Chiefs mu Cyiciro cya Mbere muri Afurika y’Epfo nyuma y’igihe atagirirwa ikizere cyo kubanza mu kibuga.

Mu ijoro ryo kuri Mbere, tariki ya 26 Gicurasi 2025, abinyujiji ku mbuga nkoranyambaga ze yashimiye buri wese babanye muri iyi kipe amazemo umwaka umwe wonyine.

Ntwari Fiacre yagize ati “Umwaka mwiza w’amasomo meza mu buzima. Ndashima buri wese twabanye, byari iby’agaciro. Imana yakoze ibi n’ibindi izabikora (Luka 1:37). Mwarakoze cyane muryango wa Amakhosi.”

Umunyarwanda Ntwari Fiacre ubwo yageraga muri Kaizer Chiefs, yinjijweibitego bisaga 11 mu mukino irindwi yonyine, biri mu byagize uruhare mu gutakarizwa ikizere n’umutoza Nasreddine Nabi, Nyuma umwanya wa mbere ufatwa na Bruce Bvuma aza asimburwa na Brandon Peterson.

Adel Amrouche, Umutoza w’Ikipe y’igihugu cy’u Rwanda Amavubi, aherutse kugirana ikiganiro n’ikinyamakuru cyo muri Afurika y’Epfo cya FAR Post, atangaza ko nubwo Ntwari Fiacre yagize umwaka w’imikino mubi, ariko yizeye ko urwego rwa rwe ruzazamuka dore ko ari no kumushakiraindi kipe nziza yakomezanya na yo.

Ntwari Fiacre kuri ubu ufite imyaka isaga 25 yifuzwa n’amakipe menshi y’i Burayi no muri Arabie Saoudite, bityo izamwegukana akazayerekezamo mu gihe isoko ry’abakinnyi ryo mu mpeshyi itaha rizafungurwa hakamenyekana ikipe uyu munyezamu w’Amavubi azakinira.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Jose Chameleone azagaragara mu birori byo kwishimira ibikombe cya APR FC
Next Article Kirehe: Abakozi ba APENA TSS batawe muri yombi bakekwaho icyaha gikomeye bakoreye abanyeshuri
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Muhazi FC yamanutse mu kiciro cya kabiri nyuma yo kunyagirwa n’Amagaju
May 28, 2025
Umwanditsi w’ibitabo Ngũgĩ wa Thiong’o yapfuye
May 28, 2025
Perezida wa Sena y’u Rwanda asanga ibiganiro ari wo muti w’amahoro mu Burasirazuba bwa RDC
May 28, 2025
Umugore w’imyaka 55 yafatiwe mu cyuho yakira urumogi rwa ibilo 25 muri Muhanga
May 28, 2025
Cholera ikomeje kwibasira Sudani
May 28, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Ihuriro rya AFC/M23 ryasabye ingabo za SADC kuva mu mujyi wa Goma vuba na bwangu

Ihuriro rya AFC/M23 ryashinje ingabo za SADC kugira uruhare mu gitero giherutse kubagabwaho mu mujyi wa Goma, babasaba guhita basohoka…

1 Min Read
AMAKURU

Nyanza: Umugabo afungiwe gutema umuvandimwe we amuhindura intere

Mu Murenge wa Muyira, Akarere ka Nyanza, haravugwa urugomo rukabije rwakorewe umugabo witwa Gasigwa Jean Damascène, watemwe n’umuvandimwe we witwa…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

“Ni nsindwa mu matora nzajya guhinga”_Perezida William Ruto

Perezida wa Kenya William Ruto yavuze ko yiteguye guhangana mu matora ateganijwe kuba mu mwaka wa 2027, kandi yizeye ko…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Amerika na Iran bicaye ku meza y’ibiganiro nyuma y’imyaka 45 barebana ay’ingwe

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran, nyuma y’imyaka 45 y’umubano mubi ushingiye kuri politiki ya dipolomasi, bongeye kwicarana ku…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?