Perezida wa Kenya William Ruto yasabye imbabazi igihugu cya Tanzania na Uganda, avuga asabye imbabazi ku kintu cyose igihugu ayoboye cyaba cyaritwaye nabi kuri ibyo bihugu bituranye.
Izi mbabazi Perezida William yazisabye kuri uyu wa gatatu tariki ya 28 Gicurasi 2025 ubwo yari yitabiriye amasengesho yogusabira igihugu.
Aha Perezida Ruto yagize ati” igihugu cyose kitajya gishima ku kintu gito niyo kigeze kubisubizo ntabwo cya shima”
Aha niho Ruto yahere agira ati” mpagaze hano imbere yanyu ngirango mbabwire yuko Kenya yuyu munsi ejo hayo hazaba ari heza, rero reka mfate uyu mwanya nsabe imbabazi ku baturanyi bacu harimo Tanzania na Uganda ku bintu bibi twaba twarabakoreye tubasabye imbabazi”.
Ruto yavuze ko bifuza kubaka igihugu gifite imibanire nyiza n’ibindi bihugu.