igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Perezida wa Kenya yatewe urukweto mu maso n’umuturage
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Perezida wa Kenya yatewe urukweto mu maso n’umuturage
AMAKURU

Perezida wa Kenya yatewe urukweto mu maso n’umuturage

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: May 5, 2025 9:13 am
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Perezida wa Kenya, William Ruto, yahuye n’akaduruvayo ubwo yari ari mu ruzinduko mu karere ka Kuria West, mu ntara ya Migori, aho yari yagiye gufungura ibikorwa remezo byubatswe na Leta.

Mu gihe yari atangiye kugeza ijambo ku baturage bari bateraniye aho yagiriye uruzinduko, umwe mu bari aho yateye urukweto yerekeza ku Perezida, rutari rugamije kumugirira nabi nk’uko bamwe mu baturage babitangaje nyuma.

Mu mvururu zavutse ubwo abantu benshi bageragezaga kwegera Perezida, uwo muturage utaramenyekana yateye urukweto rwari rugiye gukubita Ruto mu maso, ariko arwitambika akoresheje amaboko maze arurinda kumukomeretsa.

Abaturage bamwe bavuze ko iki gikorwa kidakwiye gufatwa nk’ikimenyetso cy’urwango, ahubwo ngo ni uburyo bamwe mu baturage berekanye amarangamutima yabo y’urukundo n’ishyaka bafite kuri Perezida Ruto.

Uretse iki gikorwa cyabaye muri Kuria, ahandi hose Perezida Ruto yasuye muri Migori ibintu byagenze neza nta kibazo.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Kenya: Abahigishwaga uruhindu bazira kwica umudepite bafashwe
Next Article Ingabo za SADC ziri mu cyiciro cya kabiri zatashye zivuye mu Burasirazuba bwa Congo, zinyuze ku butaka bw’u Rwanda
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Umuyobozi ukomeye mu Burundi yagaragaje ko Perezida Kagame yashatse kwiyunga na Nkurunziza bikanga
May 23, 2025
Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde Narendra Modi yatangaje ko u Buhinde bwafungiye amazi igihugu cya Pakistan
May 23, 2025
Justin Bieber yabaye iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga
May 23, 2025
Jennifer Lopez yajyanywe mu nkiko azira amafoto yashyize ku mbuga nkoranyambaga
May 23, 2025
Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo agiye kugeza ijambo ku Banye-Congo nyuma yo kwamburwa ubudahangarwa
May 23, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Musanze: Imvura idasanzwe yasenye inzu yabagamo umuryango w’abantu bane igisenge kigwira umwana w’imyaka 4 ahita yitaba Imana

Imvura idasanzwe yaguye ku gicamunsi cyo ku wa Gatandatu mu Karere ka Musanze, yasenye inzu yabagamo umuryango w’abantu bane mu…

2 Min Read
AMAKURU

Rwamagana: Abagabo basigaye bakubitwa n’abagore bakahukana  

Mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Kigabiro abagabo bahitamo kwahukana bagata ingo zabo kubera ihohoterwa bakorerwa n’abagore babo. Aba…

3 Min Read
AMAKURU

Rutsiro: Umusore w’imyaka 20 wahigishwaga uruhindu akekwaho gusambanya abana babiri yatawe muri yombi

Umusore w’imyaka 20, wo mu Karere ka Rutsiro wahigishwaga uruhindu akekwaho gusambanya abana babiri b’abakobwa barimo uw’imyaka 12 n’uwa 13…

1 Min Read
AMAKURUIMIKINO

Rayon Sports yanze gusesa amasezerano na Omborenga Fitina

Omborenga Fitina uherutse gusaba Rayon Sports ko basesa amasezerano bagatandukana yasubijwe ko bitashoboka, asabwa kubahiriza ibikubiye mu masezerano. Ni ibiri…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?