igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yashinjwe kwivanga mu itorwa rya Papa mushya aho ashaka ko Umu-Cardinal w’Umufaransa ariwe wazatorwa
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yashinjwe kwivanga mu itorwa rya Papa mushya aho ashaka ko Umu-Cardinal w’Umufaransa ariwe wazatorwa
AMAKURU

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yashinjwe kwivanga mu itorwa rya Papa mushya aho ashaka ko Umu-Cardinal w’Umufaransa ariwe wazatorwa

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: May 3, 2025 9:35 am
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, bikomeje kuvugwa ko ari kugerageza gushaka kugira uruhare mu itorwa rya Papa mushya, aho ashaka ko Umu-Cardinal w’Umufaransa ariwe wazatorwa.

Ibinyamakuru byo mu Butaliyani byavuze ko Macron yagiranye inama na bamwe mu ba Cardinal bazatora, kugira ngo abumvishe uwo bakwiriye gutora ngo asimbure Papa Francis.

Ku munsi Papa Francis ashyingurwa, Macron yagiranye ibiganiro n’aba-Cardinal bane muri batanu bazatora Papa mushya, kandi abo bose bafite inkomoko mu Bufaransa. Muri bo, harimo Cardinal Jean-Marc Aveline, uyobora Diyoseze ya Marseille.

Ku wa Gatanu ushize, Macron yasangiye i Roma na Andrea Riccardi, Umuyobozi w’Umuryango Sant’Egidio, umwe mu miryango ikomeye muri Kiliziya Gatolika, uvugwaho kuba ufite ijambo kuri bamwe mu bazitabira itora rya Papa.

Bivugwa ko Macron yaganiraga n’abo bantu ababwira ko bakwiriye gushakira amajwi Cardinal Aveline.

Ibinyamakuru byise Aveline kuba ari umuntu ugendera ku mahame y’Abanyaburayi, udashyigikiye ubwigenge bw’ibihugu.

Itorwa rya Papa mushya riteganyijwe ku wa 7 Gicurasi. Aba-Cardinal 132 nibo bazaryitabira.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Urukiko rwa Oxford rwakatiye Umucamanza wa Loni gufungwa imyaka itandatu
Next Article Jeff Bezos washinze ikigo cya Amazon gikora ubucuruzi bwo kuri internet agiye kugurisha imigabane ifite agaciro ka miliyari 4$
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

U Bwongereza: Abahamwe n’ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bagiye kujya bahabwa imiti igabanya ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina
May 24, 2025
REG VC mu kwitegura Shampiyona igiye kuza, yatangiye kwibikaho abakinnyi
May 23, 2025
Kaminuza ya Harvard yajyanye Leta Zunze ubumwe za Amerika mu nkiko
May 23, 2025
Kuki Abanyamakuru batajya bubaka ingo ngo zirambe? Dore abanyamakuru babishoboye
May 23, 2025
Human right watch yamaganye ubwicanyi bukorwa n’abarwanyi ba Wazalendo
May 23, 2025

You Might Also Like

AMAKURUUBUKUNGU

RwandAir Iteganya Gutangiza Ingendo Muri Antigua na Barbuda Muri Gahunda yo Guhuza Afurika n’Ibirwa bya Caraïbes

Sosiyete y’u Rwanda ikora ingendo zo mu kirere, RwandAir, ishobora gutangira kujya ikorera ingendo muri Antigua na Barbuda, igihugu cyo…

2 Min Read
AMAKURU

RIB yatangaje ko yafashe Turahirwa Moses watangije Moshion

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Turahirwa Moses, washinze kandi ayobora inzu y’imideli ya Moshions, akekwaho icyaha cyo gukoresha…

1 Min Read
AMAKURU

U Buhinde buri gukoresha intwaro karabutaka mu ntambara ihanganyemo na Pakistan

U Buhinde bwatangaje ko bwarashe ibisasu bya missiles mu duce icyenda two muri Pakistan, ndetse n’ibindi mu Ntara ya Kashimir…

3 Min Read
AMAKURUPOLITIKE

U Rwanda na DRC basinye amasezerano y’amahoro muri USA

U Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo basinye amasezerano ategura amamsezerano y'amahoro aho bayasinyiye muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika…

3 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?