igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: ”Rayon sport ishobora gutera mpaga Mukura” icyo amategeko abivugaho
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMIKINO > ”Rayon sport ishobora gutera mpaga Mukura” icyo amategeko abivugaho
IMIKINO

”Rayon sport ishobora gutera mpaga Mukura” icyo amategeko abivugaho

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 16, 2025 9:15 am
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Nyuma y’uko umukino uhagaritswe biturutse ku kuba amatara yazimye ni iki amategeko avuga kuri iki kibazo

Umukino wa kimwe cya kabiri cy’igikombe cy’amahoro wari buhuze ikipe ya Rayon Sport na Mukura Victory Sport wasubitswe ahanini bitewe n’amatara atigeze yaka, uyu mukino byari biteganyijwe ko utangira saa kumi n’ebyiri gusa ubwo watangiraga uyu mukino wamaze iminota 28 y’igice cya mbere gusa uza guhita uhagarukwa bitewe n’uko ubwo amatara ya stade ya Huye yazimaga.

Ni iki amategeko avuga kuri iki kibazo?

Ingingo ya 38.3 mu mategeko agenga amarushanwa ya FERWAFA, ivuga ko iyo umukino uhagaze kubera umwijima uturutse ku kibazo cy’ibura ry’amashanyarazi, umusifuzi ategereza iminota 45.

Iyo icyo kibazo gikomeje, ikipe iterwa mpaga y’ibitego 3-0 cyangwa bikaba byarenga mu gihe ikipe yari yasuye yari yatsinze ibitego birenze 3-0.

Mu ngingo ya 38.4 havuga ko iyo ibyo bibaye, amakipe yombi yahuriye ku kibuga adafiteho ububasha, bifatwa nk’impamvu zikomeye zishobora gusubika umukino.

Amwe mu makuru ava imbere muri iyi kipe avuga ko haba habayemo ubwumvikane bakazimya amatara ku bushake, Abafana ba Mukura benshi bari bahigiye gutsinda iyi kipe bagategereza umukino wo kwishyura ibyari bubageze kumukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Umugore uherutse guca agahigo ko kuba umugore wa mbere ufite umunwa munini ku isi akomeje gutangaza benshi
Next Article Minisitiri Nduhungirehe avuga ko guhura kwa Perezida Kagame na Tshisekedi ari intangiriro y’inzira y’amahoro
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

PSG ikoze amateka kuri Allianz Arena itsinda Inter Milan ibitego 5-0, yegukana Champions League bwa mbere
May 31, 2025
Musanze: Inzoga y’inkorano yitwa Munanguzi ikomeje kubangamira abaturage
May 31, 2025
Joseph Kabila yahuye n’ubuyobozi bwa AFC/M23, bemeranya gukorera hamwe mu rugendo rwo kugarura amahoro muri DRC
May 31, 2025
Kate Bashabe yihanangirije abamushinja gushyingiranwa n’imbwa ye
May 31, 2025
Umubyeyi wa Rihanna yapfuye
May 31, 2025

You Might Also Like

IMIKINO

AS Muhanga Yongeye Kugaruka mu Cyiciro cya Mbere Nyuma y’Imyaka Ine

Ikipe ya AS Muhanga yatsinze La Jeunesse FC ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma w’amarushanwa yo gushaka itike yo kuzamuka…

1 Min Read
IMIKINO

11 bazahagararira u Rwanda muri ‘Kigali International Peace Marathon’ bagaragaye

Ishyirahamwe ry’Imikino Ngororamubiri mu Rwanda (RAF) ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 11 bazahagararira igihugu muri Marathon Mpuzamahanga ya Kigali izaba ku…

2 Min Read
IMIKINO

Ntwari Fiacre yasezeye muri Kaizer Chiefs, yitegura urugendo rushya muri ruhago

Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Ntwari Fiacre, yasezeye ku mugaragaro ikipe ya Kaizer Chiefs, imwe mu makipe akomeye kandi akunzwe cyane…

2 Min Read
IMIKINO

APR FC Yanyagiye Marines FC 3-0, Yisubiza Umwanya wa Mbere muri Shampiyona

APR FC yatsinze Marines FC ibitego 3-0 mu mukino w’umunsi wa 26 wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere, itsinda ryatumye igaruka…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?