Tiwa Savage yagiriye inama abahanzi bakizamuka kwikunda, kwiyitaho, no kutita ku bivugwa ku mbuga nkoranyambaga.
Uyu muhanzikazi asobanura ko ikintu kirusha ibindi ari ukumenya ko wibereyeho nta wundi ubereyeho.
Ni ibyo yatangarije kuri Dose of Society aho yasabye abantu kwerekana urukundo mu isi y’imbuga nkoranyambaga.