igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Trump yagaragaje kutishimira uburyo Zelensky avugamo amushinja kurushaho guteza ibibazo
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Trump yagaragaje kutishimira uburyo Zelensky avugamo amushinja kurushaho guteza ibibazo
AMAKURU

Trump yagaragaje kutishimira uburyo Zelensky avugamo amushinja kurushaho guteza ibibazo

Faxxy Editor ✨
Last updated: May 26, 2025 4:20 pm
Faxxy Editor ✨
Share
SHARE

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko buri munsi uko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, agize ibyo atangaza birushaho gushyira igihugu cye mu makuba aho kugitabara

Ibi yabitangaje ku wa 25 Gicurasi 2025, nyuma y’uko Zelensky ashinje Amerika n’ibindi bihugu bikomeye kwicecekera mu ntambara Ukraine ihanganyemo n’u Burusiya, bigatiza umurindi u Burusiya mu gutera Ukraine.

Trump akoresheje urubuga rwa Truth yahise avuga ko Zelensky nta mbaraga na nke ashyira mu gutuma iki kibazo kirangira, avuga ko ahubwo atuma kirushaho gukomera.

Yagize ati “Ntacyo ari gufasha igihugu cye avuga nk’uko avuga, buri kintu cyose gisohotse mu kanwa ke giteza ibibazo, simbikunda kandi bikwiye guhagarara.”

Trump yashimangiye ko atakabaye ari no kugerageza guhosha iyi ntambara kuko atari we wayitangije, ndetse ngo iyo aba ari we uri ku butegetsi ntiyari kuba.

Yagize ati “Iyi ntambara ntiba yaratangiye iyo nza kuba ndi kubutegetsi, iyi ni intambara ya Zelensky, Putin na Biden ntabwo ari iya Trump. Ndigufasha gusa kugira ngo nkemure ibibazo byatewe n’abandi bantu bikarema inzangano.”

Ibi bibaye nyuma y’ibitero u Burusiya bwagabye kuri Ukraine byahitanye abantu 13, bushinja Ukraine kuyigabaho ibitero bya drones mu cyumweru gishize.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
ByFaxxy Editor ✨
Follow:
 
Previous Article Ibitero byagabwe mu ijoro ryacyeye harimo n’ibyatewe ku ishuri muri Isiraheli byahitanye abantu 54 harimo n’abana muri Palestine
Next Article Musanze: Inzu y’ubucuruzi yahiye irakongoka yose
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Manishimwe Djabel yangiwe kwinjira muri Algeria
June 1, 2025
Buri mwaka ku isi hajugunywa Toni miliyoni 400 za pulasitiki
June 1, 2025
Umujyi wa Kigali hari igihe wasenye inzu zisaga 123 mu cyumweru kimwe
June 1, 2025
U Rwanda na Misiri byiyemeje imikoranire mu kwagura ubutwererane mu bya gisirikare 
June 1, 2025
Vanessa Mdee yahagaritse umuziki agaragaza ko wamwangije mu mutwe bikomeye
June 1, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Rutsiro: Umusore yagwiriwe n’ikirombe cy’amabuye y’agaciro arapfa

Nshimiyimana w’imyaka 19 wari umaze imyaka 3 yarataye ishuri aho yigaga mujyi GS Gakeri, muma saa sita n’igice z’amanywa kuri…

3 Min Read
AMAKURU

Karongi: Babiri bahamijwe icyaha cya Jenoside batawe muri yombi

RIB yataye muri yombi Murindabyuma Jean w’imyaka 48 na Shema Tharcisse w’imyaka 59, bari barakatiwe n’Urukiko Gacaca rwa Gasura mu…

1 Min Read
AMAKURU

Urutonde rw’ibihugu 10 bifite abaturage bishimye kurenza abandi ku isi, Amerika itarimo

Igihugu cyaje ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite abaturage bishimye kurenza abandi ku isi mu myaka umunani ishize, cyongeye…

1 Min Read
AMAKURU

Bobi Wine yatangaje ko naba ari muzima adafunzwe aziyamamariza kuyobora igihugu cya Uganda 2026

Umuhanzi akaba n’umunyepolitike Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Museveni, avuga ko azatanga kandidatire…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?