igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Trump yahaye Tiktok igihe ntarenga ikaba itakiri iy’abashinwa
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IKORANABUHANGA > Trump yahaye Tiktok igihe ntarenga ikaba itakiri iy’abashinwa
IKORANABUHANGAMU MAHANGA

Trump yahaye Tiktok igihe ntarenga ikaba itakiri iy’abashinwa

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 5, 2025 5:34 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Perezida wa leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yahaye ikigo cyabashinwa cya Tiktok iminsi 75 gusa kikaba kitakiri mu maboko abashinwa niba gishaka gukomeza gukorera muri iki gihugu.

Donald Trump perezida wa America yatangaje ko ikigo cya Tiktok gihawe iminsi 75 gusa kikaba cyamaze kugurwa n’undi muntu utari umushinwa kugira ngo kemererwe gukomeza gukorera aha muri America.

Abinyujije kurubuga rwe perezida wa Amerika Donald Trump yagize ati “Ubuyobozi bwanjye burimo gukora cyane ku masezerano yo kurokora TikTok, kandi tumaze gutera intambwe ishimishije. Bisaba akazi kenshi kugira ngo ibyemezo byose bikenewe bishyirweho umukono, ni yo mpamvu nashyize umukono ku itegeko ryemerera TikTok gukomeza gukora mu gihe cy’iminsi 75.”

Sosiyete ya ByteDance igenzura TikTok yemeje ko iri mu biganiro na Guverinoma ya Amerika kugira ngo hashakwe igisubizo, gusa ivuga ko hakiri ibintu by’ingenzi bigomba kubanza gukemurwa.

Yagize iti “Nta masezerano arashyirwaho umukono kandi icyemezo icyo ari cyo cyose kizafatwa hashingiwe ku mategeko y’u Bushinwa.”

Tiktok yari yarahagaritse ibintu bitanyuze abanyamerika nyuma iza kugarurwa. Uru rubuga rukoreshwa n’abasaga miliyoni 170 aho muri Amerika, kimwe mubyo rwashinjwe hari ukuba bivugwa ko rugenzurwa na leta y’Ubushinwa.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Impunzi yaguye mu mubyigano wo gufata ibyo kurya
Next Article Thomas Müller ntazakomezanya na Bayern Munich
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Umuhanzi Sarkodie yashimiye Akon byimazeyo
June 1, 2025
Sheebah Karungi yateguje igitaramo muri Kampala Serana Hotel
June 1, 2025
Ibisambo bya Gicumbi akabo kashobotse
June 1, 2025
Umuhanzikazi w’icyamamare Taylor Swift yishyuye miliyoni 360$ ngo yisubize uburenganzira ku ndirimbo ze
June 1, 2025
Mu Mujyi wa Kigali, urubyiruko 13.666 ruhabwa amasomo y’ubumenyingiro mu mashuri 76
June 1, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGAUBUZIMA

U Bwongereza: Abahamwe n’ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bagiye kujya bahabwa imiti igabanya ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina

U Bwongereza Bwatangaje ko abahamwe n'ibyaha by'ihohotera rishingiye ku gitsina bagiye kujya bahabwa imiti igabanya ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina.…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

RDC: Abarwanyi ba AFC/M23 bisubije uduce twinshi two muri Walikale

Mu ntambara ikomeje kuzambya umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), abarwanyi ba AFC/M23 bongeye kwigarurira uduce…

3 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Inyeshyamba za AFC/M23 ziri gutabariza Abanyamulenge

Ihuriro AFC/M23 rihanganye n’ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, ryatabarije Abanyamulenge barikwicwa n’abarimo n’inyeshya, za Wazalendo na FDLR. Mu itangazo ry’uyu…

1 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Itora rya 1 ryasize Papa mushya atabonetse

Amatora y'Umushumba mushya wa Kiliziya Gatolika ku Isi, usimbura Papa Francis, yabaye kuri uyu wa Gatatu, Taliki 07 Gicurasi, asize…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?