igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Trump yatangije gahunda nshya igamije kugabanya amafaranga Leta itanga mu bikorwa byo kwirukana abimukira
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Trump yatangije gahunda nshya igamije kugabanya amafaranga Leta itanga mu bikorwa byo kwirukana abimukira
AMAKURU

Trump yatangije gahunda nshya igamije kugabanya amafaranga Leta itanga mu bikorwa byo kwirukana abimukira

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: May 6, 2025 10:54 am
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Perezida Donald Trump yatangije gahunda nshya igamije kugabanya amafaranga Leta itanga mu bikorwa byo kwirukana abimukira badafite ibyangombwa, aho abemera kugenda ku bushake bahabwa $1,000 (asaga 1,300,000 Frw) n’inkunga yo gutaha.

Itangazo ryasohowe na Minisiteri y’Umutekano w’imbere mu gihugu (DHS), rivuga ko iyi gahunda izajya icungwa hifashishijwe porogaramu ya telefoni ya CBP One. Minisitiri Kristi Noem yavuze ko “gutaha ku bushake ari bwo buryo bwizewe, bworoshye kandi buhendutse bwo kwirinda gufatwa.”

DHS ivuga ko gucyura umuntu binyuze mu buryo busanzwe bwo kumwirukana bibatwara igiciro cya $17,000 (asaga miliyoni 22 Frw), mu gihe iyi gahunda nshya igabanya cyane ibyo biciro. Bivugwa ko hari Umunya-Honduras wamaze gufashwa gutaha aturutse i Chicago hakoreshejwe ubu buryo.

Kuva Trump yagaruka ku butegetsi ku itariki ya 20 Mutarama 2025, hamaze gusubizwa mu bihugu byabo abimukira 152,000, bikaba biri hasi ugereranyije n’abarenga 195,000 birukanywe hagati ya Gashyantare na Mata 2024 ubwo Biden yari ku butegetsi.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Rihanna n’umugabo we ASAP Rocky bagiye kwibaruka umwana wa gatatu
Next Article Ngoma: Umugabo ari gushakishwa n’inzego z’umutekano nyuma yo gufungira umuturage iwe
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

U Bwongereza: Abahamwe n’ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bagiye kujya bahabwa imiti igabanya ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina
May 24, 2025
REG VC mu kwitegura Shampiyona igiye kuza, yatangiye kwibikaho abakinnyi
May 23, 2025
Kaminuza ya Harvard yajyanye Leta Zunze ubumwe za Amerika mu nkiko
May 23, 2025
Kuki Abanyamakuru batajya bubaka ingo ngo zirambe? Dore abanyamakuru babishoboye
May 23, 2025
Human right watch yamaganye ubwicanyi bukorwa n’abarwanyi ba Wazalendo
May 23, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Mushiki wa Gitwaza nyuma yo kwitwa intumwa ya satani RIB yabyinjiyemo ngo irebe ayo magambo niba atagize icyaha

Nyuma y'uko umwe mubakoresha imbugankoranyambaga yibasiye poster Julienne ubu urwego rw'igihugu rwamaze kureba niba uyu yaba atarakoresheje amagambo agize icyaha.…

2 Min Read
Amerika yashinjwe umugambi wo kwimurira Abanya-Palestine muri Libya
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Leta z’unze ubumwe za Amarica zirashinjwa kwimura Abanya-Palestine muri Africa

Ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika buravugwaho kuba buri gutegura gahunda yo kwimura Abanya-Palestine bagera kuri miliyoni imwe bo…

2 Min Read
AMAKURU

Kamonyi 12 batawe muri yombi kubera amabuye y’agaciro

Mu karere ka Kamonyi abagabo 12 batawe muri yombi bazira gucukura amabuye mu buryo butemewe. Polisi y'u Rwanda yatangaje ko…

2 Min Read
AMAKURU

Musanze: Abagabo babiri bafunzwe bakurikiranweho kwica umugore ufite w’imyaka 55 bamutemye

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Musanze bukurikiranye dosiye y’abagabo babiri bakekwaho kwica umugore w’imyaka 55 bamutemesheje umuhoro.  Icyaha cyakozwe ku…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?