igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Trump yavuze ko ari we uyoboye Isi
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Trump yavuze ko ari we uyoboye Isi
AMAKURUMU MAHANGAPOLITIKE

Trump yavuze ko ari we uyoboye Isi

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 29, 2025 12:45 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald John Trump, kri ubu uri kuyobora manda iki gihugu ku nshuro ya kabiri, Yatangaje ko ubu atayoboye Amerika Gusa ahubwo anayoboye Isi yose.

Kuri uyu wa Kabiri taliki 29 Mata 2025, Perezida Trump ubwo yaganiraga na The Atlantic mu kwishimiraga iminsi 100 amaze ku butegetsi kuri iyi nshuro ya kabiri abaye perezida, ni bwo yatangaje ibi.

Yagize ati “Muri manda ya mbere nacunganaga n’ibintu bibiri gusa, kuyobora igihugu no gucungana n’imibereho gusa. Ariko kuri iyi nshuro ndayobora igihugu n’Isi.”

Ubwo yabazwaga ko byo kongera kwiyamamariza indi manda Donald Trump yabihakanye yyivuye inyuma kuko ngo atabisahaka ndetse ari atari ibintu byoroshye

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Yago Pondat yikomye abayobozi mu nzego zimwe na zimwe z’igihugu Harimo na Minisitiri w’urubyiruko
Next Article Ububiligi bushobora kwisubiraho bugashigikira M23
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

U Burusiya bukomeje kugaba ibitero muri Ukraine mu gihe bari bumvikanye agahenge
May 12, 2025
Icyiciro cya mbere cy’abazungu bivugwa ko bahohoterwa muri Afrika y’Epfo cyatwawe muri Amerika
May 12, 2025
Perezida Kagame Yitabiriye Inama y’Abayobozi b’Ibigo muri Côte d’Ivoire
May 12, 2025
Hamas igiye kurekura imbohe y’Umunyamerika wa nyuma mu bafatiwe muri Israheli
May 12, 2025
Inteko ishinga amategeko ya Afurika y’Epfo igiye gukora iperereza ku ngabo zayo zagiye kurwanya M23
May 12, 2025

You Might Also Like

AMAKURU

Leta ya Afghanistan yataye muri yombi abantu 14 bazira kuririmba no gucuranga ibikoresho by’umuziki

Leta ya Afghanistan yataye muri yombi abantu 14 mu majyaruguru y’igihugu, bazira kuririmba no gucuranga ibikoresho by’umuziki, ibikorwa bimaze igihe…

1 Min Read
AMAKURU

Ingabo z’u Buhinde zakajije umutekano mu bice byo ku mupaka nyuma yo kurasa muri Pakistan na Kashmir

Umwuka mubi ukomeje gututumba hagati y’u Buhinde na Pakistan biturutse ku bitero impande zombi zishinjanya kugabanaho. U Buhinde bwatangaje ko…

2 Min Read
AMAKURU

Impunzi z’Abanyekongo zahungiye mu gihugu cy’u Burundi ziratabaza

Mu nkambi ya Musenyi iherereye mu ntara ya Rutana, muri komine ya Giharo mu gihugu cy’u Burundi, haravugwa ikibazo gikomeye…

2 Min Read
AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

Liverpool iragaritswe, ibi hari icyo byafasha Arsenal iyikurikiye ku rutonde?

Ikipe ya Liverpool iyoboye urutonde rwa Shampiona Y'abongereza (Premier League) Iteshejwe Amanota na Fulham ku kibuga cya Fulham  Craven Cottage…

1 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?