igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: U Bushinwa: Umwana w’imyaka irindwi yahawe umutima w’umukorano muto ku Isi
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > UBUZIMA > U Bushinwa: Umwana w’imyaka irindwi yahawe umutima w’umukorano muto ku Isi
UBUZIMA

U Bushinwa: Umwana w’imyaka irindwi yahawe umutima w’umukorano muto ku Isi

IYAKAREMYE FERDINAND
Last updated: April 17, 2025 3:23 pm
IYAKAREMYE FERDINAND
Share
SHARE

Umwana w’imyaka irindwi wahawe akabyiniriro ka Junjun, yahawe umutima w’umukorano muto ku Isi, upima garama 45, n’umurambararo wa santimetero 2,9.

Junjun yahawe uyu mutima mu ntangiriro za Mata 2025, nyuma yo kumara igihe kinini afite uburwayi bw’umutima ategereje guhabwa insimburangingo yawo.

Uku guhabwa urugingo rushya byakorewe mu bitaro bya Kaminuza ya Siyansi n’Ikoranabunga bya Wuhan, bitwara amasaha agera kuri atanu.Umuganga wari uyoboye ibikorwa byo kubaga Junjun, Dong Nianguo, yasobanuye ko abana na bo bakenera gusimburizwa umutima ariko bagomba guhabwa umutima ujyanye na bo.Yagize ati “Abana ntabwo ari abantu bakuru bafite umubiri muto.

Bakeneye umutima w’umukorano ariko wakozwe ku bwabo.”Ababyeyi ba Junjun bagaragaje ibyishimo kuko umwana wabo nibura yongerewe icyizere cyo gutegereza igihe yazabonera urugingo rw’umutima uvuye mu muntu.

Yagize ati “ Kubera abaganga, ubu umwana wacu afite amahirwe yo kubaho ndetse no gutegereza urundi rugingo, ibikomere bye nibimara gukira dushobora kujya mu rugo.”Indwara y’umutima iri cyari ikibazo gihangayikije Isi, ndetse mu Bushinwa gusa abana 40.000 bapfa buri mwaka bazize indwara y’umutima no kubura insimburangingo yawo.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Kigali: Umugore akurikiranyweho gutwika umugabo we amumennyeho isombe ishyushye
Next Article Gen Maj. Nzambe wari ufunzwe azira guhunga umutwe witwaje intwaro wa M23 yitabye Imana
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

U Burusiya bukomeje kugaba ibitero muri Ukraine mu gihe bari bumvikanye agahenge
May 12, 2025
Icyiciro cya mbere cy’abazungu bivugwa ko bahohoterwa muri Afrika y’Epfo cyatwawe muri Amerika
May 12, 2025
Perezida Kagame Yitabiriye Inama y’Abayobozi b’Ibigo muri Côte d’Ivoire
May 12, 2025
Hamas igiye kurekura imbohe y’Umunyamerika wa nyuma mu bafatiwe muri Israheli
May 12, 2025
Inteko ishinga amategeko ya Afurika y’Epfo igiye gukora iperereza ku ngabo zayo zagiye kurwanya M23
May 12, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGAUBUZIMA

BURUNDI/ Kayanza: Imbwa zimaze kuruma Abantu 19 abandi ubwoba ni bwinshi.

Mu ntara ya Kayanza Abantu 19 barumwe n'imbwa z’ibihomora ahitwa i Gahombo, Babura urukingo ruvura ibisazi ku mavuriro. Kuva muri…

1 Min Read
AMAKURUUBUZIMA

Icyorezo cya Ebola cyarangiye burundu muri Uganda

Uganda yatangaje ko icyorezo cya Ebola cyarangiye, nyuma yo gukora igenzura ry’iminsi 40.Minisiteri y’Ubuzima, ibinyujije ku rukuta rwayo rwa X,…

1 Min Read
UBUZIMA

Dore uburyo bwiza bwo gutera umuntu indobo mu kinyabupfura

Mu buzima, hari igihe umuntu ashobora kukwiyegereza akakubwira ko agukunda cyangwa akagusaba ko mwaba inshuti zihariye. Niba wowe ubona ko…

2 Min Read

I KIGALI: POLICE Y’U RWANDA YATAYE MURI YOMBI ABAJURA RUHARWA BASHINJWA UBUJURU BWIBISHA IBYUMA.

Abajura bane bari ruharwa batawe muri yombi bafatanwa ibyuma bakoreshaga bambura abaturage nk'uko byatangajwe n'umuvugizi wa police y'u Rwanda. Kuri…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?