igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: U Rwanda rwasinyanye andi masezerano n’ikipe ya PSG yo gukomeza gukorana
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > IMIKINO > U Rwanda rwasinyanye andi masezerano n’ikipe ya PSG yo gukomeza gukorana
IMIKINO

U Rwanda rwasinyanye andi masezerano n’ikipe ya PSG yo gukomeza gukorana

Fisto HAKIZIMANA
Last updated: April 17, 2025 1:24 pm
Fisto HAKIZIMANA
Share
SHARE

Leta y’u Rwanda hamwe n’ikipe ikomeye y’umupira w’amaguru Paris Saint-Germain bongeye igihe muri gahunda yo kwamamaza gahunda ya ”visit Rwanda” biciye mu kongera amasezerano bari bafitanye.

Biciye mu kigo cy’igihugu gishinzwe iterambere RDB, Leta y’ u Rwanda n’ikipe ya Paris Saint-Germain basinyanye amasezerano yo gukomeza ubufatanye muri gahunda yo kwamamaza visiti Rwanda, mu busanzwe ikipe ya PSG ifitanye imikoranire hagati yayo n’u Rwanda aho basanzwe bamamaza Visiti Rwanda.

Mu itangazo, RDB yasubiyemo amagambo y’umuyobozi nshingwabikorwa wayo Jean-Guy Afrika avuga ko “aya masezerano yatanze umusanzu ukomeye mu kugaragaza u Rwanda nk’ahantu h’ingenzi ho kujya mu bukerarugendo n’ishoramari n’igicumbi cy’abanyempano, imikino no guhanga udushya mu muco”.

Bamwe mu barwanya u Rwanda bari mubafashe iya mbere basaba ko iyi kipe itasinya amasezerano na Leta y’ u Rwanda, babihuza no kuba hari intambara iri kubwera mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, aho bashinje Leta y’u Rwanda kuba inyuma y’umutwe wa M23 ibintu leta y’ u Rwanda yakomeje guhakanira kure.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Mu bwongereza kwitwa umugore byahawe umuronko mushya
Next Article Kigali: Umugore akurikiranyweho gutwika umugabo we amumennyeho isombe ishyushye
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

Icyiciro cya mbere cy’abazungu bivugwa ko bahohoterwa muri Afrika y’Epfo cyatwawe muri Amerika
May 12, 2025
Perezida Kagame Yitabiriye Inama y’Abayobozi b’Ibigo muri Côte d’Ivoire
May 12, 2025
Hamas igiye kurekura imbohe y’Umunyamerika wa nyuma mu bafatiwe muri Israheli
May 12, 2025
Inteko ishinga amategeko ya Afurika y’Epfo igiye gukora iperereza ku ngabo zayo zagiye kurwanya M23
May 12, 2025
DRC: Abasaga 110 bishwe n’umwuzure muri Fizi
May 12, 2025

You Might Also Like

AMAKURUIMIKINO

Ikipe ya APR WVC yifatanyije n’umuryango nyarwanda muri Nigeria #kwibuka31

Ikipe ikina umukino w’amaboko (volleyball) ya APR WVC, abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda baba muri Nigeria bifatanyije mu bikorwa byo Kwibuka…

1 Min Read
IMIKINO

APR FC Yanyagiye Marines FC 3-0, Yisubiza Umwanya wa Mbere muri Shampiyona

APR FC yatsinze Marines FC ibitego 3-0 mu mukino w’umunsi wa 26 wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere, itsinda ryatumye igaruka…

2 Min Read
AMAKURUIMIKINOMU MAHANGA

Yicaye ku gatebe k’abasimbura NTWARI Fiacre n’Ikipe ye ya Kaizer Chiefs begukanye Nedbank Cup

Nyuma yo y'uko Kaizer Chiefs ikinamo Umunyezamu w'ikipe y'igihugu Amavubi Ntwari Fiacre, itsinze Orlando Pirates ibitego 2-1, ku mukino wa…

2 Min Read
AMAKURUIMIKINO

Arsène Wenger asanga Manchester United cyangwa Tottenham Hotspur zidakwiye kuzakina UEFA Champions League kuko zitwaye nabi muri Premier League

Uwahoze ari Umutoza wa Arsenal kuri ubu ushinzwe Iterambere rya Ruhago muri FIFA, Arsène Wenger, ntiyifuza ko Manchester United cyangwa…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?