igika logo
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Reading: Uburwayi bwa Jose Chameleone bwatewe n’inzoga nyinshi
Share
IGIKANEWSIGIKANEWS
Font ResizerAa
Search
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • MU MAHANGA
  • POLITIKE
  • UBUKUNGU
  • UBUZIMA
  • AKAZI
  • UTUNTU N’ UTUNDI
  • AMATANGAZO
  • UBUREZI
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IGIKANEWS > Blog > AMAKURU > Uburwayi bwa Jose Chameleone bwatewe n’inzoga nyinshi
AMAKURUIMYIDAGADUROMU MAHANGA

Uburwayi bwa Jose Chameleone bwatewe n’inzoga nyinshi

NSHUTIYIMANA Cyprien
Last updated: April 13, 2025 4:23 pm
NSHUTIYIMANA Cyprien
Share
SHARE

Jose Chameleone, umuhanzi wo muri Uganda umaze iminsi mu bitaro muri Leta Zunze za Amerika, yemeje ko indwara yo kubyimba kw’inyama y’urwagashya amaze igihe ahiviriza yatewe n’inzoga nyinshi yanyweye.

Ubwo yagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru, yatangaje ko ubu arajwe ishinga no kugabanya inzoga anywa.

Yagitize ati: “Ndashima Imana yambaye hafi hamwe n’abantu bose bakomeje kunsengera, ubuyobozi bwamfashije kujya kwivuza, ubu ndimo kwivuza indwara yo kubyimba kw’inyama y’urwagashya iterwa ahanini n’inzoga nyinshi kandi ngomba kuzigabanya.”

Uyu muhanzi kandi yatangaje ko nubwo yagarutse muri Uganda, atarakira neza, kubera ko azasubira muri Amerika mu byumweru biri imbere kugira ngo akomeze kwitabwaho n’abaganga.

Iyi ndwara yo kubyimba kw’inyama y’urwagashya (Pancreatitis) yibasira icyo gice cy’umubiri (urwagashya) gifite akamaro mu gukora imisemburo yifashishwa mu igogora ry’ibiryo hamwe n’indi misemburo ifasha umubiri kuyungurura isukari.

Jose Chameleone amaze amezi atatu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yivuza kuko yagiyeyo tariki 23 Ukuboza 2024, agaruka muri Uganda tariki 12 Mata 2025 aho yafashwaga na Leta ya Uganda mu burwayi bwe.

Subscribe to Our Newsletter
Subscribe to our newsletter to get our newest articles instantly!
Share This Article
Email Copy Link Print
Previous Article Kavumu: Ingabo za Leta ya Congo FARDC zagabye igitero simusiga kuri M23, hapfa abasirikare benshi
Next Article Leta ya Congo yatangaje ko M23 yishye abantu 52 mu bitero biherutse kugabwa i Goma
Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Amakuru Mashya

PSG ikoze amateka kuri Allianz Arena itsinda Inter Milan ibitego 5-0, yegukana Champions League bwa mbere
May 31, 2025
Musanze: Inzoga y’inkorano yitwa Munanguzi ikomeje kubangamira abaturage
May 31, 2025
Joseph Kabila yahuye n’ubuyobozi bwa AFC/M23, bemeranya gukorera hamwe mu rugendo rwo kugarura amahoro muri DRC
May 31, 2025
Kate Bashabe yihanangirije abamushinja gushyingiranwa n’imbwa ye
May 31, 2025
Umubyeyi wa Rihanna yapfuye
May 31, 2025

You Might Also Like

AMAKURUMU MAHANGA

DRC: Ingabo za Leta ya Congo (FARDC) zikubitiye ahareba inzega abarwanyi b’umutwe wa Zaïre zicamo icumi

Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zirwanira mu mazi zirashe urufaya rw’amasasu ku barwanyi bo mu…

2 Min Read
AMAKURUMU MAHANGA

Kavumu: Ingabo za Leta ya Congo FARDC zagabye igitero simusiga kuri M23, hapfa abasirikare benshi

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 13 Mata 2025, ingabo za Leta ya Congo FARDC n’abafatanyabikorwa bazo, bagabye igitero simusiga…

2 Min Read
AMAKURU

Rwamagana: Abagabo basigaye bakubitwa n’abagore bakahukana  

Mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Kigabiro abagabo bahitamo kwahukana bagata ingo zabo kubera ihohoterwa bakorerwa n’abagore babo. Aba…

3 Min Read
AMAKURU

Burundi: Umupolisi wari wasinze yishe umumotari amurashe mu mutwe ahita ahasiga ubuzima

Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 9 Mata 2025, mu gace ka Ntahangwa mu mujyi wa Bujumbura, haraye…

2 Min Read
igika logo igika logo

Contact Us

IGIKANEWS

Address: Kigali / Rwanda
Phone: +250786121827
Email: Webmaster@kentshema.com
Web: https://igikanews.rw

© IGIKANEWS. Created And Owned By Kent. All Rights Reserved.

Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?